Amerika na Irani byongeye kurasana
Umwuka mubi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran wongeye kuzamuka nyuma y’uko impande zombi zishinjanya kurenga ku gahenge k’iminsi 60 zari zimaze iminsi mike zemeranyijeho. Ku wa 1 Kamena 2026, igisirikare cya Amerika gikorera mu Burasirazuba bwo Hagati (CENTCOM) cyatangaje ko cyagabye ibitero ku birindiro bya Iran biri mu gace ka Goruk…
