Icyo urumogi rukora mu bwonko iyo rukoreshejwe kenshi

Abantu benshi bakoresha urumogi buri munsi bavuga ko rutakibatera kumva basinze nk’uko byabagendekeraga mbere. Ahubwo bavuga ko barukoresha kugira ngo bumve “bameze nk’ibisanzwe.” Mu gihe benshi bafataga ibi nk’ikimenyetso cy’uko umubiri wamaze kurumenyera (tolerance), ubushakashatsi bushya bugaragaza ko hari ikindi kiba cyarabaye: ubwonko buba bwaramaze kwihindura kugira ngo bujyane n’ikoreshwa rya buri munsi ry’urumogi. Ibi…

Soma inkuru yose

Ngoma: Abarenga 60 bakekwaho ubujura n’ibindi byaha batawe muri yombi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Ngoma yatangaje ko yataye muri yombi abantu barenga 60 bakekwaho ibikorwa bitandukanye byahungabanyaga umutekano w’abaturage bo mu Mirenge ya Kibungo na Rukumberi. Mu byo aba bantu bakekwaho harimo ubujura, guteza umutekano muke, ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko, gucuruza kanyanga n’urumogi, ndetse n’ibindi bikorwa by’urugomo byavugwaga muri…

Soma inkuru yose

Burera: Umusore yafashwe atwaye ibilo 100 by’urumogi agerageza gutanga ruswa

Polisi ikorera mu karere ka Burera yataye muri yombi umusore ukekwaho gutwara ibiyobyabwenge byinshi by’urumogi, ndetse akagerageza gutanga ruswa ku bapolisi bari bamufashe kugira ngo arekurwe. Uyu musore yafashwe mu rukerera rwo ku itariki ya 24 Kamena 2026, mu Murenge wa Bungwe, Akagari ka Tumba, mu Mudugudu wa Mubuga. Yari atwaye moto ipakiye ibiro 100…

Soma inkuru yose