Vestine na Dorcas basohoye amashusho y’indirimbo nshya “Itabaza”

Itsinda ry’abahanzi baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas, ryashyize hanze amashusho y’indirimbo yabo nshya yise “Itabaza”, ikubiyemo ubutumwa bwo kwizera Imana no kuyiringira mu bihe byose. Iyi ndirimbo igaruka ku kuba Imana itandukanye n’abantu, ko idahinduka kandi ko iyo itanze isezerano irisohoza nk’uko yabivuze. Mu magambo ayigize, aba baririmbyi bashishikariza abakristo…

Soma inkuru yose

Vestine na Dorcas bongeye kugaragara nyuma y’amezi atandatu: “Igihe cyo gutandukana na MIE cyari kigeze”

Nyuma y’amezi atandatu batagaragara ku mbuga nkoranyambaga no mu bikorwa by’umuziki nk’uko byari bisanzwe, abahanzikazi Vestine na Dorcas bongeye kwiyereka abakunzi babo mu kiganiro bagarutse ku rugendo rwabo, ubuzima banyuzemo muri icyo gihe ndetse n’icyerekezo gishya bafite mu muziki. Muri icyo kiganiro cyamaze iminota 16, aba bahanzikazi basobanuye byinshi ku byavuzwe nyuma yo gutandukana na…

Soma inkuru yose

M. Iréné yatangaje itariki y’ubukwe bwe na Nishimwe Liliane

Umunyamakuru akaba n’umushabitsi mu ruganda rw’imyidagaduro nyarwanda, Murindahabi Iréné uzwi cyane nka M. Iréné, yatangaje ku mugaragaro itariki y’ubukwe bwe na Nishimwe Liliane bamaze igihe bakundana. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, M. Iréné yavuze ko bazasezerana ku wa 15 Kanama 2026, anaherekesha ubutumwa bwuje amarangamutima uyu mukobwa basangiye urukundo. Yagize ati: “Ndagukunda cyane.” Ubukwe butegerejwe n’abatari…

Soma inkuru yose