AI iri kugoragoza ubundi buryo bushya bwa Virusi imira izindi

Abashakashatsi bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakoze ubushakashatsi budasanzwe bakoresheje ubwenge buhangano (AI), bubafasha gukora virusi nshya zitigeze ziboneka mu bidukikije. Ni intambwe idasanzwe mu bumenyi n’ikoranabuhanga, kuko igaragaza ko AI ishobora gukoreshwa mu guhanga ibinyabuzima bishya bishobora kugira uruhare mu gushaka ibisubizo ku bibazo by’ubuzima, ariko nanone igatera impungenge ku mutekano w’ibinyabuzima….

Soma inkuru yose

OMS Yatangaje ko Icyorezo cya Ebola muri RDC Giteye Impungenge ku Isi

Ebola yongeye gukaza umurego muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, World Health Organization (OMS/WHO), ryatangaje ko icyorezo cya Ebola cyibasiye intara ya Ituri mu burasirazuba bwa Democratic Republic of the Congo ari ikibazo gikomeye cy’ubuzima ku rwego mpuzamahanga. OMS yavuze ko kugeza ubu habaruwe abantu bagera kuri 246 bakekwaho…

Soma inkuru yose