COMESA iri gutegura Politiki ya AI ihuriweho n’ibihugu 21 biyigize

Umuryango w’Isoko Rusange ry’Ibihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba n’Amajyepfo (COMESA) watangiye ibiganiro ku rwego rw’ibihugu bigize uyu muryango bigamije gutegura Politiki ihuriweho y’Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI), mu rwego rwo gufasha ibihugu 21 biwugize gukoresha AI mu buryo bumwe kandi bujyanye n’amategeko ahuriweho. Iki gikorwa ni kimwe mu bigize gahunda ya Inclusive Digitalization in…

Soma inkuru yose

Israel Mbonyi ategerejwe mu bitaramo bikomeye i Burayi no muri Afurika y’Iburasirazuba

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, agiye gutangira uruhererekane rw’ibitaramo bizenguruka ibihugu bitandukanye byo ku Mugabane w’u Burayi mbere yo gukomereza ibikorwa bye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba. Uyu muhanzi ukunzwe na benshi ategerejwe muri Belgium ku wa 13 Kamena 2026, aho azataramira abakunzi be mu gitaramo kizabera muri Hotel Dolce La…

Soma inkuru yose

Aliko Dangote yavuze ko u Rwanda ruri mu bihugu bitanga icyizere cy’ishoramari muri Afurika

Dangote yavuze ko Afurika ikeneye ishoramari rikomeye Umuherwe wo muri Nigeria, Aliko Dangote, yatangaje ko u Rwanda ruri mu bihugu bya Afurika abona bifite amahirwe akomeye y’iterambere kandi bikwiye gushorwamo imari. Yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’Umuyobozi Mukuru wa Norges Bank Investment Management, Nicolai Tangen, aho baganiriye ku iterambere rya Afurika n’uruhare rw’ishoramari mu kuzamura ubukungu…

Soma inkuru yose