Menya amabanga y’ubuzima atuma Abayapani baramba kurusha abandi ku Isi
Mu gihe mu bihugu byinshi abantu baba bafite icyizere cyo kurama kiri hagati y’imyaka 60 na 75, u Buyapani bwo bukomeje kuza imbere mu bihugu bifite abaturage baramba kurusha abandi. Muri iki gihugu, icyizere cyo kurama kiri hafi y’imyaka 85, aho abagore benshi bagera ku myaka 87 mu gihe abagabo bo bagera nibura ku myaka…
