Ashton Hall na Kagarara bari mu nzira berekeza i Kigali bavuye muri Benin

Umunyamerika Ashton Hall, uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga mu bijyanye n’imikino n’imyidagaduro, arimo gukomeza urugendo rwe ruzenguruka ibihugu bitandukanye bya Afurika. Nyuma yo kuva mu gihugu cya Benin, amakuru aremeza ko igihugu gikurikiyeho agomba gusura ari u Rwanda. Muri uru rugendo rwo guhura n’abafana be no gukora imikino itandukanye, Ashton Hall ntarimo kugenda wenyine. Ari…

Soma inkuru yose

Ruhango: Umujura umwe yishwe arashwe nyuma yo gushaka gutema abaturage

Abajura babiri bitwaje intwaro gakondo bibye ihene ebyiri z’umuturage mu Karere ka Ruhango, umwe muri bo araraswa arapfa nyuma yo gushaka gutema abaturage n’abapolisi bari bamaze gutabara, undi arafatwa. Ibi byabaye ku wa 25 Gicurasi 2026 mu Karere ka Ruhango, Umurenge wa Ntongwe, Akagari ka Kyebero.Amakuru yatangajwe na Polisi y’u Rwanda avuga ko aba bajura…

Soma inkuru yose