Nyambo Jesca yambitswe impeta n’umukunzi we mu muhango wabaye mu ibanga rikomeye

Umukinnyi wa sinema nyarwanda Nyambo Jesca yateye indi ntambwe mu rugendo rw’urukundo nyuma yo kwambikwa impeta n’umukunzi we usanzwe atuye muri Australie, mu muhango wabaye mu ibanga rikomeye, watunguye benshi barimo na Nyambo ubwe. Amakuru y’uko Nyambo yambitswe impeta yatangiye gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga ku wa 23 Nyakanga 2026, nyuma y’uko bamwe mu bari bitabiriye…

Soma inkuru yose

Umuhanzikazi Bwiza yiseguye ku bafana nyuma yo gukora impanuka ikamubuza gutaramira i Bugesera

Umuhanzikazi Bwiza yasabye imbabazi abakunzi be nyuma yo kubura mu gitaramo cya Summer Country Tour cyabereye mu Karere ka Bugesera, nyuma yo gukora impanuka mu gihe yari mu rugendo ajya aho cyabereye. Mu butumwa yashyize ku rubuga rwa Instagram, Bwiza yavuze ko impanuka yagize yatumye atabasha kugera ku rubyiniro no gutaramira abafana nk’uko byari biteganyijwe….

Soma inkuru yose

Bruce Melodie na The Ben basabye abafana gushyigikira ubumwe mu muziki nyarwanda

Abahanzi bakomeye mu Rwanda, Bruce Melodie na The Ben, basabye abakunzi b’umuziki gushyigikira ubumwe n’imikoranire hagati y’abahanzi, mu gihe bitegura gutangira ibitaramo bizenguruka igihugu byiswe “Summer Country Tour”. Ibi babigarutseho mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye muri Camp Kigali, aho bagaragaje ko igihe kigeze kugira ngo amarushanwa hagati y’abahanzi abe ayubaka uruganda rw’umuziki aho kuba ayarusenya. The…

Soma inkuru yose

Kuki Uhora Unaniwe? Ukuri Abahanga Bahishura ku Munaniro Ukabije

Mu gihe benshi babyuka buri gitondo bumva bananiwe n’ubwo baba baryamye amasaha ahagije, abahanga mu buzima bavuga ko umunaniro ukabije utari ikibazo cyo kubura ubushake bwo gukora cyangwa ubunebwe, ahubwo ari ikimenyetso gishobora kwerekana ko umubiri n’ubwonko byarengewe n’imitwaro y’ubuzima bwa buri munsi. Mu buzima bwa none burangwa n’akazi kenshi, guhangayika no guhora umuntu yiruka…

Soma inkuru yose