Chris Brown yongeye kurekurwa by’agateganyo, amateka y’ihohotera yakoreye Rihanna arongera kuvugwa

Umuhanzi w’Umunyamerika Chris Brown yongeye kurekurwa by’agateganyo n’urukiko nyuma yo gutanga ingwate ya miliyoni 5 z’amapawundi (£5 miliyoni), mu gihe akomeje gukurikiranwa n’amategeko. Nubwo yemerewe gukomeza urugendo rw’ibitaramo bye, urubanza rwamuhamije ihohotera yakoreye uwahoze ari umukunzi we, Rihanna, mu 2009 rwongeye kuvugwa nk’urugero rw’ibibazo by’amategeko bimaze imyaka bimukurikirana. Chris Brown yitabye urukiko ku wa Gatanu,…

Soma inkuru yose

AG Promoter yavuze abo Diamond Platnumz ashobora kubanza guhura na bo i Kigali

Umwe mu bamamaye mu gutegura no kwamamaza ibitaramo mu Rwanda, Agiraneza Pacifique uzwi nka AG Promoter, yatangaje ko mu gihe umuhanzi wo muri Tanzania, Diamond Platnumz, yagera mu Rwanda, ashobora kuzabanza gushaka guhura n’abantu babiri barimo Kagarara (Ashton Small) na The Ben. Ibi AG Promoter yabivuze nyuma y’uko Kagarara asoje urugendo rwamuzengurukije ibihugu bitandukanye byo…

Soma inkuru yose

Gloria Mukamabano yongeye kwinjira mu itangazamakuru, agiye gukorana na Jean Pierre Kagabo

Nyuma y’igihe kitari gito atagaragara mu bikorwa by’itangazamakuru, umunyamakuru Gloria Mukamabano yatangaje ko yiteguye kongera kugaruka muri uyu mwuga wamumenyekanishije, aho azajya akorana ibiganiro na mugenzi we Jean Pierre Kagabo. Mu kiganiro cyanyuze ku rubuga rwa KP Media24, Gloria yavuze ko kuva yimukira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kugira ngo abe hafi y’umuryango we,…

Soma inkuru yose