Huye: abantu bakekwaho kwikomeretsa ku myanya y’ibanga kugira ngo basabirize bafashwe

Abantu bane bakekwaho kwikomeretsa ku bushake ku myanya y’ibanga kugira ngo babone impamvu yo gusabiriza amafaranga yo kwivuza bafashwe mu Karere ka Huye, aho ubu bari gukurikiranwa n’inzego z’ubuyobozi. Amakuru dukesha IGIHE, avuga ko aba bantu bafatiwe mu Murenge wa Ngoma, mu Kagari ka Matyazo, nyuma yo kugaragara basabiriza mu masoko atandukanye bavuga ko bakeneye…

Soma inkuru yose