Afurika Ishaka Gukoresha AI mu Kubaka Ubukungu no Gukemura Ibibazo Byayo

Ikiganiro cya Afurika kibanda kuri AI Kigiye mu Cyiciro Gishya Ikibazo ntikikiri ukumenya niba Afurika yiteguye gukoresha ubwenge buhangano (AI), ahubwo ni ukumenya icyo izakora na bwo. Mu bijyanye n’ingufu, ibikorwa remezo, ubucuruzi na politiki, Afurika iri gushyiraho imfatiro z’ubukungu bushingiye kuri AI, ariko bukazashingira ku byihutirwa n’ibyihariye ku mugabane. Abideen Sobanke ari kubaka ikoranabuhanga…

Soma inkuru yose

U Bushinwa Bwashimangiye Akamaro k’Umuhanda Prince House – Masaka Mu Iterambere ry’u Rwanda

Ambasaderi w’u Bushinwa mu Rwanda, Gao Wenqi, yatangaje ko umushinga wo kwagura no kuvugurura umuhanda uhuza Prince House na Masaka ari umwe mu mishinga ifite uruhare rukomeye mu guteza imbere ibikorwa remezo no koroshya ubuhahirane hagati y’Umujyi wa Kigali n’Intara y’Iburasirazuba. Yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri mu muhango wo gutangiza icyiciro cya mbere cya gahunda…

Soma inkuru yose

Imyuzure ikomeje guhitana benshi: Ese hari igisubizo kirambye?

Raporo zitandukanye zigaragaza ko ibiza by’imyuzure biri mu bibazo bikomeye byugarije isi muri iki gihe.Ubushakashatsi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kugabanya ingaruka z’ibiza, UNDRR, bwagaragaje ko hagati ya 2000 na 2023 abantu barenga miliyari 1.6 ku isi bahuye n’ingaruka zituruka ku myuzure n’ibindi biza bifitanye isano n’imvura nyinshi. Mu Rwanda naho ikibazo gikomeje gufata indi ntera….

Soma inkuru yose