Mukobwa! Dore ibintu 5 ugomba kugira ibanga mu rukundo rwawe n’umukunzi wawe

Mu rukundo, kugira inshuti muganira ni ibisanzwe kandi bishobora kugufasha kubona inama mu bihe bitandukanye. Ariko hari amakuru ajyanye n’umubano wawe atari ngombwa ko usangiza buri wese, kuko kuyavuga bishobora gutuma umukunzi wawe atubahwa cyangwa bikangiza icyizere kiri hagati yanyu. Hari ibintu bimwe na bimwe bikwiye kuguma hagati y’abakundana, cyane cyane iyo nta mpamvu ikomeye…

Soma inkuru yose

Mwararyamanye Urukundo Ruhita Rusenyuka? Dore Impamvu Abasore n’Abakobwa Batandukana Nyuma yo Kuryamana

Hari abasore n’abakobwa batangira umubano bagaragarizanya urukundo rwinshi, bakaganira buri munsi, bagasurana ndetse bakumva ko nta kintu kizabatandukanya. Ariko hari igihe bagera ku cyiciro cyo kugirana imibonano mpuzabitsina, nyuma yaho umwe muri bo agatangira guhinduka, kugabanya itumanaho cyangwa akagera n’aho amwihakana. Ibi bituma benshi bibaza impamvu umuntu ashobora kuba yarakwerekaga urukundo rwinshi mbere yo kuryamana,…

Soma inkuru yose

Abasore: Dore ibimenyetso 5 byakwereka ko ntacyahagarika urukundo n’umukobwa mukundana

Ni kenshi abasore bari mu rukundo bibaza niba umukobwa bakundana na we abafitiye urukundo nyakuri ndetse niba uwo mubano ushobora gukomera ku buryo n’ibibazo bitandukanye bitabasha kuwusenya. Urukundo rushobora gutangira neza, abakundana bakishimana, bagahana impano, bakaganira amasaha menshi ndetse bakagira n’inzozi zo kuzabana igihe kirekire. Icyakora, uko igihe kigenda gihita ni bwo imyitwarire ya buri…

Soma inkuru yose

Ese wari uzi impamvu abakundana benshi bakora imibonano mpuzabitsina mbere y’ubukwe? Sobanukirwa

Ubukwe ni imwe mu ntambwe zikomeye mu buzima bw’umuntu, cyane cyane mu muco nyarwanda aho gushyingirwa byagiye bifatwa nk’ishingiro ryo gushinga umuryango no kubaka ejo hazaza h’abashakanye. Icyakora, uko imyaka ishira, uburyo abantu binjira mu mibanire y’urukundo n’ubuzima bw’umuryango buragenda buhinduka. Abantu benshi bashobora gutangira gukundana, bakabana ndetse bagatangira ubuzima bw’imibonano mpuzabitsina mbere y’uko bashyingirwa….

Soma inkuru yose

Dore ingaruka ushobora guhura nazo mugihe uhatira umuntu kukubera umukunzi

Urukundo ni kimwe mu bintu bikomeye bishobora guhuza abantu babiri, bakagira ibyishimo, bakizerana kandi bakubakana ubuzima. Ariko urukundo nyarwo ntirutegekwa cyangwa ngo umuntu aruhatirwe. Rukura mu marangamutima, kubahana no kuba buri wese abyishakiye. Hari igihe umuntu ashobora gukunda undi cyane, ariko uwo akunda ntamwiyumvemo. Aho kwemera ukuri, akamwinginga, kumushuka cyangwa gukoresha ubundi buryo kugira ngo…

Soma inkuru yose

Iyo Abantu Babiri Bagukunda, dore uko Wakora Amahitamo Utazicuza

Hari igihe umuntu ashobora kwisanga hagati y’abantu babiri bamukunda kandi na we akumva abafitiye amarangamutima. Icyo gihe guhitamo umwe bishobora kuba ikibazo gikomeye, cyane cyane iyo buri wese afite ibyo umukundira n’ibimushimisha. Ariko gukomeza gutera icyizere abantu babiri icyarimwe bishobora guteza urujijo n’akababaro. Ni yo mpamvu ari ngombwa gufata umwanya, ukareba neza uwo mushobora kubakana…

Soma inkuru yose

Impamvu 7 zituma gukundana n’umuntu uri kure bishobora gukomeza urukundo

Gukundana n’umuntu mutabana cyangwa utaba hafi yawe buri munsi bishobora kuba ingorabahizi. Intera ishobora gutuma abantu bamwe bumva ko urukundo rwabo ruzagenda rugabanuka, ariko iyo abakundana bombi babyitwayemo neza, gukundana bari kure bishobora kubigisha byinshi kandi bikarushaho gukomeza umubano wabo. Dore impamvu 7 zishobora gutuma gukundana n’umuntu uri kure bigira uruhare mu gukomeza urukundo. 1….

Soma inkuru yose

Ibintu 10 ugomba kwitaho mbere yo guhitamo uwo muzashakana

Guhitamo uwo muzabana ubuzima bwose ni icyemezo gikomeye gisaba gutekereza neza. Urukundo rwonyine rushobora kuba intangiriro nziza, ariko kugira ngo urugo ruzabe ruhamye, ni ngombwa kureba niba abantu bagiye kurushinga bahuje imyumvire, intego ndetse n’indangagaciro. Dore ibintu 10 ushobora kwitaho mbere yo gufata icyemezo cyo gushakana n’umuntu. 1. Banza wumve umutima wawe Mbere yo gufata…

Soma inkuru yose

Abasore: Dore impamvu 5 zituma umukobwa yanga gusubiza ubutumwa bwawe

Hari igihe umusore yohereza ubutumwa umukobwa akabubona, ariko agategereza igihe kirekire atamusubije. Ibi bishobora gutuma umusore atangira kwibaza niba umukobwa yamurakariye, niba atamukunda cyangwa niba hari ikindi kibazo cyabayeho. Nubwo gutinda gusubiza ubutumwa bishobora kugira icyo bisobanura, ntabwo buri gihe biba bivuze ko umukobwa adakunda uwo musore. Hari impamvu zitandukanye zishobora gutuma umukobwa abona ubutumwa…

Soma inkuru yose

Hit and run mu rukundo: Uko imibanire y’abakobwa n’abahungu yahindutse n’amasomo urubyiruko rukwiye gukuramo

Mu myaka yashize, mu muco Nyarwanda wasangaga umusore ari we ufata iya mbere mu gutera intambwe yo gushaka umukobwa, kumutereta no gutangiza umubano w’urukundo. Umukobwa we akenshi yategerezaga ko umusore amugaragariza amarangamutima mbere yo kugira uruhare rugaragara mu gutangiza umubano. Ariko uko ibihe byagiye bihinduka, ni ko n’imibanire y’abakobwa n’abahungu yahindutse. Muri iki gihe, umukobwa…

Soma inkuru yose

Ese wari uzi ko gukorakoranaho kw’abashakanye bishobora gukomeza umubano wabo ?

Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gukorakora buhoro kandi mu buryo bwuje urugwiro ku kuboko k’uwo mwashakanye bishobora gufasha kongera ibyishimo no kugabanya umunabi, ndetse bikaba byagira uruhare mu gukomeza umubano hagati y’abashakanye. Nk’uko Igihe yabitangaje, ubu bushakashatsi bwakozwe n’abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Károli Gáspár muri Hongrie, bugamije kureba uko gukorwaho n’umuntu umuntu afitanye na we…

Soma inkuru yose

Kwikinisha kenshi: Ibintu 5 bishobora kubaho ku mubiri no ku mitekerereze yawe 

Kwikinisha ni kimwe mu bikorwa bijyanye n’imyororokere bikunze kuganirwaho cyane, ariko abantu benshi bakabikora cyangwa bakabitekerezaho batabasha kubiganiraho mu bwisanzure kubera ipfunwe cyangwa imyumvire itandukanye igihari. Abahanga mu buzima bavuga ko kwikinisha ubwabyo atari indwara, ariko iyo bihindutse ingeso ikabije cyangwa bigatuma umuntu atakaza ubushobozi bwo kugenzura imyitwarire ye, bishobora kugira ingaruka ku buzima bwe…

Soma inkuru yose

Impamvu ubwonko bwibuka cyane abantu baguteye ibibazo kurusha abagukoreye ibyiza

Ese wigeze wibaza impamvu ushobora kwibagirwa vuba umuntu wakugiriye neza, ariko nyamara imyaka myinshi igashira ugitekereza umuntu wigeze kugukorera ikintu kibi cyangwa mukagirana amakimbirane? Ubushakashatsi buheruka bwagaragaje ko atari nk’impanuka gutyo gusa, ahubwo ko ari uburyo busanzwe ubwonko bw’umuntu bukoramo. Nk’uko Psychology Today ibitangaza, ubwonko bw’umuntu bwubaka “ikarita y’imibanire” ihora ivugururwa, igafasha gutandukanya inshuti, abo…

Soma inkuru yose

Kuki abashakanye batandukana? Dore impamvu zikunze gutuma urushako rusenyuka

Mu myaka ishize, ikibazo cy’ukwahukana kw’abashakanye gikomeje kuvugwaho cyane hirya no hino ku Isi. Nubwo hari ibihugu bikigaragaramo umubare muto w’abahukana, impuguke mu by’imibanire zigaragaza ko impamvu zitera gutandukana zisa ahantu henshi, kandi ko impinduka z’imibereho zatumye abantu bafata ibyemezo bitandukanye n’ibyari bisanzwe. Ubushakashatsi butandukanye bwerekana ko umubare w’ingo zisenyuka uterwa n’ibintu byinshi birimo ibibazo…

Soma inkuru yose

Kuki abagore bari guhindura uburyo bakunda bitewe n’impinduka ziri mu rukundo rwo kuri internet? Sobanukirwa

Mu myaka ishize, uburyo abantu bahura bakubaka urukundo bwahindutse cyane bitewe n’iterambere ry’ikoranabuhanga. Imbuga nkoranyambaga n’izindi porogaramu zifasha abantu gushaka abakunzi byatumye benshi babona urukundo bitabagoye, ariko na none bizana ibibazo birimo kubeshywa, guhemukirwa no kubura icyizere. Muri urwo rwego, hagaragaye umugendo mushya witwa “Fémosphère”, uri gukurura abagore benshi cyane cyane mu Burayi no muri…

Soma inkuru yose

Umumaro wo Guhoberana: Isomo Twigiye ku Nkende

Abashakashatsi bagaragaje ko gukabakabana ku mibiri no guhoberana mu nkende bishobora kuba bifasha mu kubaka umubano mwiza, ukwizerana no gukorera hamwe mu matsinda. Mu bushakashatsi bwakozwe, abashakashatsi bakurikiranye imyitwarire y’inkende mu gihe cy’iminota itanu mbere y’uko zihabwa ibiryo. Izo nkende zari zisanzwe zizi ko ibiryo bigiye kubageraho. Abashakashatsi barebye inshuro inkende zagaragazaga imyitwarire yo guhumurizanya…

Soma inkuru yose

Ese umutima ushobora gukunda abantu barenze umwe? Dore icyo ubushakashatsi bugaragaza

Hari imyemerere imaze igihe ivuga ko urukundo rumeze nk’umugati cyangwa keke ugabanywa: iyo umuntu umwe abonye igice kinini, undi asigaranwa gito. Iyi myumvire ni yo ituma abantu benshi bagira ishyari, bagatinya ko umukunzi wabo naramuka agaragarije undi rukundo, urwo babahaga ruzahita rugabanuka. Ariko ubushakashatsi n’isesengura ryatanzwe na Aaron Ben-Ze’ev, impuguke mu mitekerereze ya muntu, bugaragaza…

Soma inkuru yose

Ibimenyetso 5 byerekana ko umubano wawe ushobora kurangira utabiteguye

Hari abantu benshi baba bari mu rukundo cyangwa mu rushako bumva ibintu byose bimeze neza, bakibwira ko umubano wabo uhagaze neza, ariko bagatungurwa no kubona umunsi umwe uwo bakundana ababwiye ko ashaka kubivamo. Kuri bamwe, ibyo bibabera nk’inkuba ikubise ahantu hatunguranye: nta makimbirane akomeye bari babona, nta nduru, nta gutongana gukabije, ahubwo bakumva ko bari…

Soma inkuru yose

Abagore batandukanye n’abo bashakanye bari guhindura impeta z’ubukwe iz’ubwahukane

Mu gihe abantu benshi bafata impeta y’ubukwe nk’ikimenyetso cy’urukundo n’urugo rwubatswe, hari abagore batangiye kuyibonamo ikintu kirenze urwibutso rw’ibyahise. Bamwe mu bamaze gutandukana n’abo bashakanye, aho kuyibika mu isanduku, kuyigurisha ku giciro gito cyangwa kuyireka ibabaza umutima, bahisemo kuyihinduramo indi mpeta nshya yitwa impeta y’ubwahukane. Izi mpeta ziri kugenda zimenyekana cyane mu bihugu bitandukanye, cyane…

Soma inkuru yose

Kuki impaka nto zikura zikaba amakimbirane? Dore uburyo bworoshye bwo gukemura impaka mbere y’uko zivamo urwango

akomeyeKutumvikana ni kimwe mu bintu bisanzwe bigize ubuzima bwa muntu. Abantu ntibatekereza kimwe, ntibabona ibintu kimwe kandi ntibanagira uko babyakira kimwe. Ni yo mpamvu impaka cyangwa kutavuga rumwe ku ngingo runaka bitagomba guhita bifatwa nk’ikibazo gikomeye. Ariko nubwo bimeze bityo, hari igihe ukutumvikana guto gutangirira mu kiganiro gisanzwe, mu butumwa bwo kuri telefoni, ku mbuga…

Soma inkuru yose

Kurwara “Akadege” mu Rukundo ni iki? Dore ibimenyetso n’impamvu zishobora kubitera

Urukundo ni kimwe mu bintu by’ingenzi bigira uruhare mu mibereho y’umuntu. Iyo rufite ishingiro, rutanga ibyishimo, rugatuma abantu bafashanya kandi bagatera imbere. Gusa hari igihe amarangamutima ashobora kurenga urugero, urukundo rukaba isoko y’ubwoba, guhangayika no kubura amahoro yo mu mutima. Abahanga mu buzima bwo mu mutwe bagaragaza ko gukunda umuntu cyane atari ikibazo ubwabyo, ariko…

Soma inkuru yose

Ese koko kubenguka uwo ukunda mu gihe gito bishobora kugutera kwicuza ?

Hari abavuga ko gukunda umuntu ukimubona ari ukwihuta ugize ibyo wirengagiza biba bishobora no kuzaguteza ibibazo, mu gihe abandi bemeza ko ari ibyo bishobora kugaragaza urukundo nyakuri. Ese koko gukunda umuntu mu gihe gito byaba ari ikibazo? Umuhanga mu by’imitekerereze n’imibanire y’abakundana, Aaron Ben-Zeév, agaragaza ko ikibazo nyamukuru atari umuvuduko urukundo rutangiramo, ahubwo ari ukumenya…

Soma inkuru yose

Uko amashusho y’urukozasoni agira ingaruka ku bwonko bw’umuntu, cyane cyane ku rubyiruko

Muri iki gihe cy’umwaduko udasanzwe kandi uri ku muvuduko utarigeze kubaho mu bindi binyejana by’ikoranabuhanga rikomeje koroshya uburyo abantu babona amakuru n’imyidagaduro n’ibindi byinshi bakenera binyuze kuri murandasi, ibyo bituma impuguke mu buzima bwo mu mutwe zivuga ko hakenewe ubukangurambaga bwisumbuyeho ku ngaruka zishobora guterwa no kureba amashusho y’urukozasoni, cyane cyane ku bana n’urubyiruko dore…

Soma inkuru yose

Ese Kuba Ingaragu Bishobora Kugira Ingaruka ku Buzima Bwo mu Mutwe? Dore Icyo Abahanga Babivugaho

Mu gihe hari abantu bavuga ko kubaho badafite uwo bakundana bibaha amahoro n’ubwisanzure, ubushakashatsi butandukanye bugaragaza ko kwigunga cyangwa kubura umubano wa hafi bishobora kugira ingaruka ku buzima bwo mu mutwe. Icyakora, impuguke zishimangira ko kugira umukunzi cyangwa gushaka atari byo byonyine bituma umuntu agira ubuzima bwiza bwo mu mutwe. Ubushakashatsi bwakozwe mu bihugu bitandukanye…

Soma inkuru yose

Introvert, Extrovert na Ambivert: Ese wowe uzi ikiciro uherereyemo? Sobanukirwa!

Mu buzima bwa buri munsi, abantu benshi bakunze kwibaza impamvu hari abandi bantu bakunda kuba ahantu hari abantu benshi, bakagira inshuti nyinshi kandi bakagirana umubano usesuye n’abandi bakisanzura mu buryo bwuzuye, nyamara hakaba n’abandi bakunda kwibera mu buzima bw’umutuzo cyane, bagashimishwa no kumara igihe kinini ari bonyine cyangwa mu matsinda mato bitandukanye cyane n’abandi. Mu…

Soma inkuru yose

Imvo n’imvano ku kwahukana cyangwa gutana kw’abashakanye mu Rwanda

Muri iki gihe, ikibazo cyo kwahukana cyangwa gutana kw’abashakanye gikomeje kugaragara cyane mu miryango itandukanye yo mu Rwanda. Nubwo urugo rushingwa hagamijwe kubaka ubuzima bwiza no kurera abana mu rukundo, hari impamvu nyinshi zituma bamwe mu bashakanye batabasha gukomeza kubana, bikarangira bahisemo gutandukana. 1. Kutumvikana mu rugo Imwe mu mpamvu zikunze kuvugwa cyane ni ukutumvikana…

Soma inkuru yose

Impamvu abagore bashobora gukora ibintu byinshi icyarimwe kurusha abagabo

Mu myaka myinshi ishize, hirya no hino ku Isi hakunze kuvugwa ibitekerezo bitandukanye ku bushobozi bw’abagore n’abagabo. Hari igihe abantu bamwe bumvaga ko abagore bafite ubushobozi buri hasi ugereranyije n’ubw’abagabo, cyane cyane mu kazi, mu miyoborere cyangwa mu gufata ibyemezo bikomeye. Ariko uko ubushakashatsi bwa siyansi bwagiye bukorwa, byinshi muri ibyo bitekerezo byagiye bihinduka. Ubu…

Soma inkuru yose

Abasore batihutira kujya mu rukundo bakiri bato baba bafite amahirwe yo kuzashaka neza

Mu gihe urubyiruko rw’iki gihe rukunze gushyirwa ku gitutu cyo gushaka abakunzi hakiri kare, hari ibitekerezo biri gukwirakwira mu biganiro by’imibereho n’imbuga nkoranyambaga bivuga ko abasore bamara igihe kinini badafite abakunzi bakiri bato baba bashobora kuzagira amahirwe menshi yo kuzubaka urukundo rufite icyerekezo igihe bakuze. Icyo ubusesenguzi buvuga Abasesenguzi bamwe mu bijyanye n’imibanire bavuga ko…

Soma inkuru yose