U Rwanda rwiyemeje kuba igicumbi cya AI muri Afurika

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko igiye gutangira gushyira mu bikorwa imishinga itandukanye igamije guteza imbere ikoranabuhanga ry’ubwenge muntu buhangano (AI), hagamijwe guhindura u Rwanda igicumbi cy’iri koranabuhanga muri Afurika, cyane cyane mu nzego z’ubuzima, uburezi n’ubuhinzi. Ibi bikorwa bizashyigikirwa n’inkunga itangwa n’umuryangoBill & Melinda Gates Foundationwatangaje ko uzafasha muri iyi gahunda igamije guteza imbere ikoreshwa…

Soma inkuru yose