Trump na Iran bongeye kugera aharindimuka: Ese ibiganiro by’amahoro birapfuye?

Umwuka wa politiki n’umutekano hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran wongeye kuba mubi, nyuma y’uko Tehran itangaje ko itagiteganya gutangira ibiganiro na Washington mu gihe ivuga ko Amerika ikomeje kurenga ku masezerano y’agateganyo. Ibi bibaye mu gihe Perezida wa Amerika, Donald Trump, yari amaze iminsi agaragaza ko ibiganiro bishobora kongera gutangira ndetse…

Soma inkuru yose

Iran yateguje ibyago by’ibihe byose nyuma y’igitero yagabweho na Amerika

Iran yatangaje ko kuba Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishoye mu ntambara bahanganyemo na Isiraheli ikagaba ibitero; bizagira ingaruka z’igihe kirekire. Minisitiri w’Ubabanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi yavuze ko ibyo bitero ari iby’ubugome kandi bigiye kubyara akaga gakomeye. Yagize ati: “Ibi bitero ni amahano kandi bizagira ingaruka z’ibihe byose.” Nubwo kugeza ubu ntacyo Umuyobozi…

Soma inkuru yose