Impamvu Gusubiramo Ikintu Ari Inzira Iganisha ku Ntsinzi

Ubusesenguzi bushingiye ku ngingo zasohowe na Psychology Today Mu buzima bwa buri munsi, abantu benshi bifuza gutsinda vuba. Hari ushaka kwiga ururimi rushya mu mezi make, undi akaba yifuza kuba umuhanga mu muziki, siporo cyangwa ubucuruzi adaciye mu rugendo rurerure rw’imyitozo. Nyamara ubushakashatsi mu mitekerereze ya muntu (psychology) bugaragaza ko hari ihame rimwe ridahinduka: gusubiramo…

Soma inkuru yose
Kwiga kuri buruse UR na HEC

TANGAZO RIBERA ABIFUZA GUSABA INGUZANYO YO KWIGA MURI UR NA RP-BACHELOR OF TECHNOLOGY

ITANGAZO RIBERA ABIFUZA GUSABA INGUZANYO YO KWIGA MU ISHURI RIKURU RY’IGISHA UBUMENYINGIRO N’IKORANABUHANGA (RWANDA POLYTECHNIC – BACHELOR OF TECHNOLOGY) NO MURI KAMINUZA Y’URWANDA (UNIVERSITY OF RWANDA) MU MWAKA W’AMASHURI 2025. Ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe amashuri makuru mu Rwanda (Higher Education Council) buramenyesha abanyeshuri bemerewe kwiga mu ishuri rikuru ry’igisha ubumenyi n’ikoranabuhanga (Rwanda Polytechnic-Bachelor of Technology) no…

Soma inkuru yose