Facebook igiye guhinduka nka TikTok? Dore impinduka nshya ziteganyijwe

Mu gihe TikTok ikomeje kwigarurira imitima ya miliyoni z’abayikoresha ku Isi binyuze mu mashusho magufi, Facebook nayo iri gutegura impinduka zikomeye zishobora guhindura uburyo abantu bayikoresha buri munsi. Amakuru mashya agaragaza ko Facebook iri kugerageza uburyo bushya buzatuma umuntu ufunguye porogaramu yayo kuri telefoni atazabanza kubona amakuru y’inshuti, amafoto cyangwa inyandiko nk’uko bisanzwe. Ahubwo azajya…

Soma inkuru yose

Ikoranabuhanga Rikoreshwa Birenze Urugero Rishobora Kugira Ingaruka Ku Magufa, Amaso N’Ubwonko

Nubwo ikoranabuhanga ryoroshya ubuzima bwa buri munsi, inzobere mu buzima ziburira abantu ko kurikoresha igihe kirekire kandi mu buryo budakwiye bishobora kubagiraho ingaruka zitandukenye ku mubiri, zirimo uburwayi bw’ijosi, kwangirika kw’amaso, kugabanuka kw’imbaraga z’amaboko ndetse no guhungabanya imikoranire y’ubwonko n’umubiri. Mu myaka ishize, telefoni zigezweho, mudasobwa na tablets byabaye ibikoresho bikoreshwa cyane haba mu kazi,…

Soma inkuru yose

Sobanukirwa impamvu ukwiye gutekereza kabiri mbere yo gufata amashusho y’undi muntu

Muri iki gihe telefoni zigezweho n’imbuga nkoranyambaga usanga gufata amashusho byarabaye nk’ibintu bisanzwe, gusa ubushakashatsi bushya bugaragaza ko icyo gikorwa gishobora kugira ingaruka ku muntu ufashwe amashusho, ku muntu uyafashe ndetse no ku mibanire y’abantu muri rusange. Akaba ariyo mpamvu abahanga basaba ko mbere yo gukanda kuri ‘Record’ cyangwa ‘Camera’, abantu bakwiye kubanza gutekereza ku…

Soma inkuru yose