Karongi igiye gutangiza ‘Car Free Zone’ mu rwego rwo guteza imbere ubukerarugendo n’imyidagaduro

Akarere ka Karongi katangaje ko guhera ku wa 25 Kamena 2026 kazatangiza igice cyihariye kitanyurwamo n’imodoka kizwi nka ‘Car Free Zone’, mu rwego rwo guteza imbere imyidagaduro, ubusabane ndetse no kongera ibikorwa by’ubukerarugendo n’ubucuruzi muri uyu mujyi uri ku nkengero z’Ikiyaga cya Kivu. Iki gice kizatangirira kuri Rond-point yinjira mu mujyi wa Karongi kigere hafi…

Soma inkuru yose

Pariki ya Nyandungu igiye kwakira Iserukiramuco Mpuzamahanga ry’Ubugeni n’Ibidukikije

Pariki ya Nyandungu, imwe mu hantu nyaburanga hakomeje gukurura abakerarugendo benshi mu Mujyi wa Kigali, igiye kwakira iserukiramuco mpuzamahanga rizahuza abahanzi n’abanyabugeni bo hirya no hino ku Isi mu rwego rwo guteza imbere ubukangurambaga bwo kubungabunga ibidukikije binyuze mu bugeni. Iri serukiramuco riteganyijwe kuba hagati ya Kanama 2026 na Werurwe 2027, rikazaba ririmo ibikorwa bitandukanye…

Soma inkuru yose

Kibeho irimo kwagura amacumbi mashya ategerejweho gukemura ikibazo cy’abakerarugendo baburaga aho barara

Mu gihe ubukerarugendo bushingiye ku iyobokamana bukomeje kwiyongera mu Karere ka Nyaruguru, by’umwihariko ku Butaka Butagatifu bwa Kibeho, ubuyobozi bw’akarere ku bufatanye n’abikorera n’inzego z’amadini bukomeje gushora imari mu bikorwa by’amacumbi hagamijwe gukemura ikibazo cy’abashyitsi bajyaga babura aho bacumbika. Kibeho izwi ku rwego mpuzamahanga kubera amabonekerwa ya Bikira Mariya yemejwe na Kiliziya Gatolika, ikomeje kwakira…

Soma inkuru yose