Rutsiro: Umugabo akurikiranyweho gusambanya umukobwa we w’imyaka 16

Nk’uko Imvaho Nshya yabitangaje, umugabo w’imyaka 40 wo mu Karere ka Rutsiro yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umukobwa we w’imyaka 16, aho uyu mwana avuga ko iki cyaha cyamukorewe inshuro nyinshi. Uyu mugabo witwa Ntawucirubukire Jean de Dieu, wo mu Mudugudu wa Mubuga, Akagari ka Ruronde, Umurenge wa Rusebeya, afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya…

Soma inkuru yose

RIB Yihanangirije Ababyeyi n’Abarimu Bahana Abana Mu Buryo Bukabije

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwongeye kwibutsa ababyeyi, abarimu n’abandi bose bafite inshingano zo kurera no kurinda abana ko guhana umwana mu buryo bukabije cyangwa bumuhutaza binyuranyije n’amategeko y’u Rwanda kandi bishobora gukurura ibihano bikomeye birimo igifungo n’ihazabu. Ubu butumwa bwatanzwe n’Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, ku wa 19 Kamena 2026, ubwo uru rwego…

Soma inkuru yose