Nyamagabe: Visi Meya Uwamariya yavuze ko yabonye ibintu 25 bibangamira iterambere

Mu gihe manda y’inzego z’abajyanama b’uturere za 2021–2026 igiye kurangira, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ka Nyamagabe Ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Uwamariya Agnes, yavuze ku bintu bitandukanye yabonye mu myaka itanu yamaze mu buyobozi, avuga ko bimwe muri byo bishobora kubangamira iterambere iyo bidakumiriwe hakiri kare. Amakuru dukesha IGIHE avuga ko Uwamariya yabivuze ubwo hasuzumwaga ibyagezweho na…

Soma inkuru yose

Amayeri urubyiruko ruri gukoresha mu busambanyi rukihunza inshingano

Si bishya ko umusore n’umukobwa bashobora kugirana umubano wiganjemo imibonano mpuzabitsina, ariko buri wese akirinda kuwita urukundo cyangwa umubano ushobora kubageza ku kubana nk’umugabo n’umugore. Ubu buryo bw’imibanire buragenda bugaragara mu rubyiruko, aho bamwe bahitamo kunezerwa n’ibyiza by’umubano ariko bakirinda inshingano ziwugendaho. Hari igihe umusore ashobora kubwira umukobwa ko nta mukunzi afite, ariko akamusobanurira ko…

Soma inkuru yose

Leta ihangayikishijwe n’akazi, urubyiruko rwo ruhugiye mu buzima bwo kwinezeza mu mibonano mpuzabitsina

Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu guhanga imirimo mishya no kugabanya ubushomeri cyane cyane mu rubyiruko, gusa haracyari impungenge z’uko bamwe mu rubyiruko bo basa n’abamaze kwitakariza icyizere cy’ejo hazaza ahubwo bakaba bari mu buzima bwo kwishora mu ngeso zibangiriza ubuzima n’iterambere. SnapChat yahindutse ahantu ho gusangiza ibibazo by’urukundo n’imibonano Raporo y’Ikigo cy’Igihugu…

Soma inkuru yose