Chris Brown yongeye kurekurwa by’agateganyo, amateka y’ihohotera yakoreye Rihanna arongera kuvugwa

Umuhanzi w’Umunyamerika Chris Brown yongeye kurekurwa by’agateganyo n’urukiko nyuma yo gutanga ingwate ya miliyoni 5 z’amapawundi (£5 miliyoni), mu gihe akomeje gukurikiranwa n’amategeko. Nubwo yemerewe gukomeza urugendo rw’ibitaramo bye, urubanza rwamuhamije ihohotera yakoreye uwahoze ari umukunzi we, Rihanna, mu 2009 rwongeye kuvugwa nk’urugero rw’ibibazo by’amategeko bimaze imyaka bimukurikirana. Chris Brown yitabye urukiko ku wa Gatanu,…

Soma inkuru yose

Chris Brown yahawe impamyabumenyi y’icyubahiro na Harvest Christian University

Umuhanzi w’icyamamare muri muzika ya R&B, Chris Brown, yahawe impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro (Honorary PhD) na Harvest Christian University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kubera uruhare rwe rukomeye mu guteza imbere umuziki n’ubugeni ku rwego mpuzamahanga. Iyi mpamyabumenyi yahawe Chris Brown ku wa 23 Gicurasi 2026, mu birori byitabiriwe n’abanyeshuri barangije amasomo atandukanye muri…

Soma inkuru yose

Ikirego cyatumye Chris Brown afungirwa mu Bwongereza gishobora gukurwaho

Chris Brown yumvikanye n’umugabo witwa Abraham Diaw, wamushinjaga icyaha cyo kumukomeretsa bikomeye akoresheje icupa. Abraham cyangwa se Abe Diaw yareze Chris Brown mu 2023, avuga ko uyu muhanzi yamukubise icupa rya tequila ubwo bari mu birori byabereye muri TAPE nightclub i Londres mu Bwongereza, ariko ku wa 27 Kamena 2025, Abe yashyikirije urukiko inyandiko zisaba…

Soma inkuru yose