Argentina yasezereye u Bwongereza igera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi

Ikipe y’Igihugu ya Argentina yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 nyuma yo gutsinda u Bwongereza ibitego 2-1 mu mukino wa ½ wabaye ku wa 15 Nyakanga 2026. Uyu mukino wari utegerejwe na benshi kubera amateka akomeye ari hagati y’ibi bihugu byombi mu marushanwa mpuzamahanga. U Bwongereza bwatangiye neza, bubona igitego cya mbere…

Soma inkuru yose

Messi yafashije Argentine kubona itike ya 1/16 cy’Igikombe cy’Isi

Lionel Messi yafashije Ikipe y’Igihugu ya Argentine gutsinda Autriche ibitego 2-0 mu mukino w’Igikombe cy’Isi cya 2026. Messi yagize uruhare rukomeye muri uyu mukino, aho yafashije ikipe ye kubona intsinzi y’ingenzi yayihesheje gukomeza mu kindi cyiciro cy’irushanwa. Iyi ntsinzi yahesheje Argentine amanota atandatu mu Itsinda J, bituma ikomeza kuyobora iri tsinda ndetse ihita ibona itike…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League yongera gushimangira ubufatanye na Visit Rwanda

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashimiye ikipe ya Paris Saint-Germain nyuma yo kwegukana Igikombe cya UEFA Champions League cya 2025/26, anashimangira akamaro k’ubufatanye iyi kipe ifitanye na gahunda ya Visit Rwanda. Ibi Perezida Kagame yabigarutseho mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa X nyuma y’umukino wa nyuma wabereye muri Puskás Aréna, aho PSG yatsinze…

Soma inkuru yose

José Mourinho agiye gusubira muri Real Madrid.

Umunya-Portugal José Mourinho ari mu batoza bafite ibigwi byinshi ku Isi, ari kuvugwa cyane mu itangazamakuru ryo ku mugabane w’u Burayi ko ashobora gusubira gutoza ikipe ya Real Madrid nyuma y’imyaka 13 ayivuyemo. Amakuru yatangajwe n’ibitangazamakuru bitandukanye birimo Sky Sports na Reuters avuga ko ubuyobozi bwa Real Madrid buri mu biganiro bya nyuma n’uyu mutoza…

Soma inkuru yose