Ikigega cya pansiyo mu Rwanda: Ishoramari ryacyo ryagira uruhe ruhare mu iterambere ry’ubukungu?

Abasesenguzi bagaragaza ko ikigega cya pansiyo ari umwe mu bashoramari bakomeye mu bukungu bw’u Rwanda, mu gihe hakomeje kwibazwa uko umutungo wacyo wakomeza gutanga umusaruro ku banyamuryango no gufasha mu iterambere ry’igihugu. Ikigega cya pansiyo gifite umwanya ukomeye mu bukungu bw’igihugu kubera umutungo gikoresha mu ishoramari ry’igihe kirekire. Uko ayo mafaranga ashorwamo bishobora kugira uruhare…

Soma inkuru yose

U Rwanda Rwongereye Imbaraga mu Kwamamaza Ubukerarugendo Binyuze muri Aston Villa FC

U Rwanda rwongeye gukora indi ntambwe ikomeye mu kwamamaza isura yarwo ku rwego mpuzamahanga, nyuma y’uko gahunda ya Visit Rwanda isinyanye amasezerano y’ubufatanye na Aston Villa FC, imwe mu makipe akomeye akina muri Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League). Ni ubufatanye butegerejweho kongera kumenyekanisha igihugu, gukurura ba mukerarugendo, abashoramari ndetse n’abashaka amahirwe y’ubucuruzi. Aya masezerano yatangajwe…

Soma inkuru yose

Ishoramari mu Buhinzi Riracyari Rito, BRD Isaba Kongera Inkunga Ihabwa Abahinzi

Banki y’Amajyambere y’u Rwanda (BRD) yatangaje ko hakiri amahirwe menshi yo kongera ishoramari mu rwego rw’ubuhinzi n’ubworozi, ishimangira ko gukomeza gufasha amabanki kugabanya ibyago byo gutanga inguzanyo bizafasha abahinzi n’aborozi kubona igishoro bakeneye. Ibi byagarutsweho mu kiganiro cyibanze ku buryo bwo korohereza urwego rw’ubuhinzi kubona serivisi z’imari, aho hagaragajwe ko nubwo hari intambwe imaze guterwa,…

Soma inkuru yose

MINICOM yisubije ibibanza 5 mu Cyanya cy’Inganda cya Rwamagana kubera abashoramari bananiwe kwishyura

MINICOM yisubije ibibanza bitanu mu Cyanya cy’Inganda cya Rwamagana kubera ko abashoramari bananiwe kubyishyura nk’uko byari biteganyijwe mu masezerano, ibintu byagarutsweho mu Nteko Ishinga Amategeko ubwo PAC yasuzumaga raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta. Ubuyobozi bwa MINICOM busobanura ko abashoramari bahabwa ubutaka bakishyura 30% bakemererwa gutangira imirimo, ibindi bisigaye bikishyurwa mu gihe k’imyaka itanu. Gusa…

Soma inkuru yose

U Rwanda rugiye gushora imari nini mu kongera ibigega bya Peteroli

Guverinoma y’u Rwanda ku bufatanye n’abatumiza ibikomoka kuri peteroli barimo gutegura ishoramari rinini rigamije kwagura no kubaka ibigega bishya bya lisansi na mazutu, mu rwego rwo kongera ubushobozi bw’igihugu bwo kubika ibi bikomoka kuri peteroli no kugabanya ingaruka z’ihindagurika ry’ibiciro ku isoko mpuzamahanga. Ibi bikorwa biri guteganywa mu gihe ibiciro bya peteroli bikomeje kuzamuka ku…

Soma inkuru yose

Aliko Dangote yavuze ko u Rwanda ruri mu bihugu bitanga icyizere cy’ishoramari muri Afurika

Dangote yavuze ko Afurika ikeneye ishoramari rikomeye Umuherwe wo muri Nigeria, Aliko Dangote, yatangaje ko u Rwanda ruri mu bihugu bya Afurika abona bifite amahirwe akomeye y’iterambere kandi bikwiye gushorwamo imari. Yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’Umuyobozi Mukuru wa Norges Bank Investment Management, Nicolai Tangen, aho baganiriye ku iterambere rya Afurika n’uruhare rw’ishoramari mu kuzamura ubukungu…

Soma inkuru yose

Ubwishingizi nk’ishingiro ry’ubukungu bwa Afurika: Ibiganiro bya Africa CEO Forum 2026

Mu gihe Afurika ikomeje gushaka uburyo bwo kongera ubudahangarwa bw’ubukungu bwayo, inama ya Africa CEO Forum 2026 iri kubera i Kigali kuva tariki ya 14 na 15 Gicuransi, yahindutse urubuga rukomeye rwo kuganiriraho uko urwego rw’ubwishingizi rwashyirwa ku rwego rw’ibikorwaremezo by’ingenzi nk’imihanda, amashanyarazi n’ikoranabuhanga. Abayobozi mu nzego z’imari, ubwishingizi n’ubuyobozi bwa za banki nkuru z’ibihugu…

Soma inkuru yose

Impamvu zitera ifaranga ry’ibihugu biri mu nzira y’iterambere guta agaciro.

Ifaranga ni inkingi y’ubukungu bw’igihugu. Rikoreshwa mu kugura, kugurisha no kubika agaciro k’umutungo. Agaciro k’ifaranga kagaragaza ubushobozi igihugu gifite ku masoko mpuzamahanga no mu mibereho y’abaturage,Mu myaka yashize, ibihugu byinshi biri mu nzira y’iterambere byahuye n’ikibazo cyo guta agaciro kw’ifaranga. Ibi byateye izamuka ry’ibiciro, ubuzima burushaho guhenda ndetse n’ubukungu buradindira. Raporo za International Monetary Fund…

Soma inkuru yose