Nyaxo yahishuye ko gahunda yo guca ibinyobwa bitujuje ubuziranenge yamuhombeje Miliyoni 5 Frw
Umunyarwenya Kanyabugande Olivier, uzwi cyane nka Nyaxo, wamamaye muri sinema Nyarwanda by’umwihariko mu gutera urwenya, yavuze ko gahunda yo guca no guhagarika ibinyobwa bitujuje ubuziranenge yamuhombeje amafaranga agera kuri miliyoni 5 Frw. Nyaxo yabivuze nyuma y’uko mu minsi ishize inzego bireba zatangiye ibikorwa byo kugenzura no guhagarika ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, bikaba byaragejeje ku ifungwa ry’inganda…
