Ese koko haba hari ibiribwa byongera ingano y’igitsina ? “Sobanukirwa”

Hari abantu benshi bagira impungenge ku ngano y’igitsina cyabo, cyane cyane bitewe n’ibyo babona ku mbuga nkoranyambaga, muri filime cyangwa mu biganiro bitandukanye bikunze kuvuga ko hari uburyo bworoshye bwo kongera uburebure cyangwa umubyimba w’igitsina cy’umugabo. Ikibazo cy’ubunini bw’igitsina cy’umugabo cyabaye kimwe mu bikomeje kuganirwaho cyane ku mbuga nkoranyambaga no mu biganiro birebana n’ubuzima bw’imyororokere….

Soma inkuru yose

Polisi y’u Rwanda yakanguriye Abanyeshuri ba TSS Kabutare Kwirinda no Gukumira ibyaha

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo, ku bufatanye n’izindi nzego ndetse n’abaturage, ikomeje ibikorwa by’ubukangurambaga bigamije gukumira ibyaha bitaraba, cyane cyane mu rubyiruko rwiga mu mashuri atandukanye. Muri urwo rwego, Polisi yasuye Ishuri rya TSS Kabutare riherereye mu Karere ka Huye, aho yahuguye abanyeshuri 642 hamwe n’abarezi babo 49 ku ruhare rwabo mu gukumira…

Soma inkuru yose