José Mourinho agiye gusubira muri Real Madrid.
Umunya-Portugal José Mourinho ari mu batoza bafite ibigwi byinshi ku Isi, ari kuvugwa cyane mu itangazamakuru ryo ku mugabane w’u Burayi ko ashobora gusubira gutoza ikipe ya Real Madrid nyuma y’imyaka 13 ayivuyemo. Amakuru yatangajwe n’ibitangazamakuru bitandukanye birimo Sky Sports na Reuters avuga ko ubuyobozi bwa Real Madrid buri mu biganiro bya nyuma n’uyu mutoza…
