Gukuna ku mugore cyangwa guca imyeyo: Ese kutabikora bigira icyo bihindura ku munezero w’umugabo?

Mu bice bitandukanye by’u Rwanda no mu bindi bihugu byo muri Afurika, hari umuco umaze igihe kirekire aho abakobwa n’abagore barambura buhoro buhoro ibice by’inyuma by’imyanya ndangagitsina, bikunze kwitwa gukuna. Ubushakashatsi bwakorewe mu Rwanda bugaragaza ko kurambura labia minora byagiye bifatwa nk’umuco ugamije kugira uruhare mu munezero w’imibonano mpuzabitsina ku mugore no ku mugabo. Ariko…

Soma inkuru yose

Habineza yagize icyo avuga ku basore berekana amakariso

Perezida w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije, DGPR-Green Party, Senateri Dr Frank Habineza, yanenze imyambarire ya bamwe mu rubyiruko, avuga ko kwambara imyenda igaragaza ibice by’umubiri byakagombye gutwikirwa bidahesha umuntu agaciro. Amakuru dukesha IGIHE avuga ko Senateri Habineza yabigarutseho ku wa 6 Nzeri 2026, ubwo yagiranaga inama n’abarwanashyaka ba DGPR-Green Party bo mu Mirenge ya…

Soma inkuru yose

Kujyana n’ibigezweho ntibivuze guca umuco, Minisitiri Umutoni ku mpaka z’imyambarire zakurikiye igitaramo cya Diamond

Impaka ku myambarire y’abitabiriye igitaramo cya “Diamond Platnumz Experience” zabaye imwe mu ngingo zavugishije benshi mu Rwanda, nyuma y’uko bamwe mu bakobwa bari bitabiriye iki gitaramo basubijwe inyuma kubera imyambaro bari bambaye. Amakuru dukesha IGIHE avuga ko Iki gitaramo cyabereye muri Parking ya BK Arena ku mugoroba wo ku wa 29 Kanama 2026, aho bamwe…

Soma inkuru yose

Hit and run mu rukundo: Uko imibanire y’abakobwa n’abahungu yahindutse n’amasomo urubyiruko rukwiye gukuramo

Mu myaka yashize, mu muco Nyarwanda wasangaga umusore ari we ufata iya mbere mu gutera intambwe yo gushaka umukobwa, kumutereta no gutangiza umubano w’urukundo. Umukobwa we akenshi yategerezaga ko umusore amugaragariza amarangamutima mbere yo kugira uruhare rugaragara mu gutangiza umubano. Ariko uko ibihe byagiye bihinduka, ni ko n’imibanire y’abakobwa n’abahungu yahindutse. Muri iki gihe, umukobwa…

Soma inkuru yose

Hagiye Gutangizwa Iserukiramuco Rishya Rigamije Guteza Imbere no Gusigasira Umuco Nyarwanda

Mu rwego rwo kurushaho guteza imbere umuco Nyarwanda no kuwubyaza umusaruro mu bukungu, hagiye gutangizwa iserukiramuco rishya ryiswe HERIFEST RWANDA, rizatangira ku mugaragaro ku wa 8 Nyakanga 2026 muri Prymidal Garden i Gahanga, mu Karere ka Kicukiro. Abateguye iri serukiramuco bavuga ko rigamije guhuza Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda binyuze mu bikorwa bitandukanye by’umuco, imyidagaduro n’ubuhanzi,…

Soma inkuru yose

Ruhango: Urubyiruko rwasabwe kumenya amateka y’u Rwanda no kugira uruhare mu gukumira ibyaha

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yakomeje ubukangurambaga bugamije gushishikariza abaturage, by’umwihariko urubyiruko, kugira uruhare mu kwirinda no gukumira ibyaha. Mu Karere ka Ruhango, urubyiruko rw’abakorerabushake n’abakoresha umuhanda basobanuriwe uruhare rwabo mu kubungabunga umutekano. Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Ruhango, SSP B. Kagenza, yavuze ko ibyaha bikunze kugaragara cyane mu rubyiruko birimo ikoreshwa…

Soma inkuru yose

Amateka n’ukuri ku muhango wo guterekera mu muco nyarwanda

Mu Rwanda rwo hambere, umuhango wo guterekera wari umwe mu mihango gakondo yifashishwaga mu kuzirikana abakurambere no kwibuka ibikorwa by’indashyikirwa bakoze bakiriho. Nubwo uko imyaka yagiye ishira indi igataha hari abantu batangiye kuwufata nk’igikorwa gifitanye isano no gusenga ibigirwamana, bamwe mu bashakashatsi b’umuco bavuga ko guterekera atari ukwiyambaza abazimu, ahubwo ko byari uburyo bwo guha…

Soma inkuru yose