Argentina isezereye u Bwongereza igera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi

Ikipe y’igihugu ya Argentina yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 nyuma yo gutsinda u Bwongereza ibitego 2-1 mu mukino wa 1/2 wabereye muri Atlanta, ikomeza urugendo rwo gushaka kwisubiza igikombe. Uyu mukino watangiye amakipe yombi atangirana imbaraga asatira, ariko igice cya mbere kirangira ari ubusa ku busa. Mu gice cya kabiri, u…

Soma inkuru yose

Minisitiri Mukazayire yavuze icyihutirwa mu kubaka Amavubi akomeye

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yatangaje ko imwe mu ntego z’ibanze Minisiteri ayoboye yihaye ari ukubaka ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, Amavubi, ishobora guhatana ku rwego mpuzamahanga no kongera kwitabira amarushanwa akomeye. Yabigarutseho ku wa Kabiri mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, cyagarutse ku isesengura ry’umwaka w’imikino ushize, ibyagezweho ndetse n’ibiteganyijwe mu bihe biri imbere. Mukazayire yavuze ko…

Soma inkuru yose

Ibanga ryatumye Arsenal yongera kwegukana igikombe cya Premier League nyuma y’imyaka 22

Nyuma y’imyaka 22 yose itegereje, Arsenal yongeye kugaruka ku ntebe y’icyubahiro y’umupira w’amaguru mu Bwongereza, yegukana igikombe cya shampiyona ya Premier League. Iyi ntsinzi yabaye nyuma y’uko Manchester City inganyije na Bournemouth igitego 1-1, bituma Arsenal ihita iba iya mbere yegukana igikombe mbere y’umunsi wa nyuma wa shampiyona. Uyu mwaka wabaye udasanzwe kuri Mikel Arteta,…

Soma inkuru yose