Umuziki: Umuti wa roho n’umubiri

Bujya bwose, Umuziki ubamo ibanga rikomeye cyane ku buryo abahanga mu by’umuziki badatinya kuvuga ko ari nk’umuti wa roho n’umubiri. Hirya no hino ku isi, abantu benshi bakoresha umuziki atari ukwinezeza gusa, ahubwo no kwihumuriza no gukira mu mutima. Uburyo bwa buri munsi ndetse n’ubushakashatsi butandukanye bigaragaza ko kumva umuziki bifitiye akamaro kanini ubuzima bwo…

Soma inkuru yose
HEC BURUSE

UR NA RP: HEC yagaragaje impamvu gusaba inguzanyo bitari gukunda

Ikigo k’igihugu gishizwe amashuri makuru na za kaminuza Higher Education Council (HEC) cyagaragaje impamvu gusaba ingunzanyo ku banyenyeshuri babaye admitted muri University of Rwanda na Rwanda Polytechnic (RP-Bachelor of Technology) bitari gukunda. Ibi bibaye nyuma yuko HEC iherutse gusohora itangazo rishishikariza abanyeshuri gusaba inguzanyo, aho muri iri tangazo HEC yavugaga ko gusaba inguzanyo bizatangira ku…

Soma inkuru yose

Abazi gusoma no kwandika mu Rwanda bageze kuri 76%

Uburezi n’ubumenyi ni kimwe mu bigena iterambere ryihuse n’ubukungu bw’Igihugu, kandi imbaraga za rutura zibushyirwamo zigaragarira mu musaruro w’aho igihugu kigeze cyibuka mu iterambere. Mu gihe kuri uyu wa 08 Nzeri 2025, hizihizwa Umunsi Mpuzamahanga wo Gusoma no Kwandika, usanze igipimo cyo gusoma no kwandika mu Banyarwanda kiri kuri 76% kivuye kuri 73% nkuko bigaragazwa…

Soma inkuru yose
Akazi ko gutwara imodoka

Imyanya 9 y’akazi ko gutwara imodoka muri TTL

Itangazo ry’Akazi: Abashoferi 9  TTL Travel Ltd, sosiyete ikodesha imodoka ndetse ikora na Taxis ikorera mu karere ka Nyarugenge, irifuza gukoresha abashoferi icyenda (9) bafite uburambe mu gutwara taxi cab.Ibisabwa: Drivers Icyitonderwa: Abatoranyijwe bazasabwa gutanga amafaranga y’ubwishingizi (caution) mbere yo guhabwa ikinyabiziga azasubizwa nyuma y’igihe runaka cy’akazi karamutse karangiye. Ibisabwa ku Mukandida  Ibyiza Byiyongera  Uko…

Soma inkuru yose
Kwiga kuri buruse UR na HEC

TANGAZO RIBERA ABIFUZA GUSABA INGUZANYO YO KWIGA MURI UR NA RP-BACHELOR OF TECHNOLOGY

ITANGAZO RIBERA ABIFUZA GUSABA INGUZANYO YO KWIGA MU ISHURI RIKURU RY’IGISHA UBUMENYINGIRO N’IKORANABUHANGA (RWANDA POLYTECHNIC – BACHELOR OF TECHNOLOGY) NO MURI KAMINUZA Y’URWANDA (UNIVERSITY OF RWANDA) MU MWAKA W’AMASHURI 2025. Ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe amashuri makuru mu Rwanda (Higher Education Council) buramenyesha abanyeshuri bemerewe kwiga mu ishuri rikuru ry’igisha ubumenyi n’ikoranabuhanga (Rwanda Polytechnic-Bachelor of Technology) no…

Soma inkuru yose
Job in Rwanda/ Akazi mu rwanda

Akazi ka Cashier ko gukora muri SACCO

ITANGAZO RY’AKAZI Ubuyobozi bwa SACCO DUFITUMURAVA MUSHUBATI (SACCODUMU) Koperative yo kuzigama no kugurizanya ihereye mu kare ka RUTSIRO, Umurenge wa MUSHUBATI burifuza gutanga akazi ku mwanya w’umukozi ushinzwe isanduku muri SACCO (Cashier). Uwifuza gupiganira uwo mwanya agomba kuba ari: Ibisabwa kubifuza gupiganira uwo mwanya Dosiye isaba akazi igomba kuba yagejejwe ku kicaro cya SACCO DUFITUMURAVA…

Soma inkuru yose
Job in Rwanda/ Akazi mu rwanda

Akazi k’ubushoferi muri Nine United Traders LTD

ITANGAZO KU BASHOFERI BIFUZA GUTWARA IMODOKA ZIKURURA MURI NINE UNITED TRADERS LTD. Ubuyobozi bwa Nine United Traders Ltd buramenyesha abantu bose bifuza akazi ku mwanya w’ubushoferi bw’amakamyo (imodoka zikururana), bafite uruhushya rw’ibinyabiziga Category E, ko bageza ibyangombwa bisaba ako kazi ku kicaro cyayo aho ikorera i Kabuga. Usaba akazi agomba kugaragaza ibyangombwa bigizwe nibi bikurikira:…

Soma inkuru yose

Gatsibo: Gusumwa indwara zitandura basanzwe aho batuye babyitezeho umusaruro wo kugabanya abo zihitana.

Mu karere ka mu karere ka Gatsibo  gahunda yo gusuzuma abaturage indwara zitandura babasanze aho bari  bikozwe n’abajyanama b’ubuzima,bavuga ko bigiye kubafasha  kumenya uko bahagaze badakoze ingendo bajya kwa muganga,ibizatuma barushaho gusobanukirwa uko birinda izo ndwara. Kuriuyuwa05Nzeri,kukigonderabuzimacyaKabarore hatangirijweubukangurambagabwokwirindaindwarazitandura ndetse hanasuzumwa abaturage  bikozwe n’abajyanamab’ubuzimabomuKarerekaGatsibobahugiriwegusuzumaindwarazitandura,bakazafashaabaturagekumenyaukoubuzimabwabobuhagaze. Ababajyanamab’ubuzimabahaweamahugurwakugupimadiyabete,indwaray’umuvudukow’amarasonogupimaumubyibuhoukabijebahereyekuburebureufitebabugereranyijen’ibiroufite,ahahobazajyabapimaumubyibuhoukabijeushoboragutezaumuntuikibazo. Bamwe mu baturage bavuga ko gusuzumwa izo ndwara n’abajyanama bizabasha kuzisonanukirwa…

Soma inkuru yose
Amahirwe yo kwiga imyuga ku buntu

Amahirwe yo kwiga imyuga ku buntu

SAINT PHILIP TECHNICAL SECONDARY SCHOOL Email: stphilipvtv012@gmail.com Tel: (+250)788565100 P.O. Box 1692, Kigali, Rwanda KK33Av “Come to learn and go to serve” ITANGAZO RIGENEWE ABIFUZA KWIGA UMWUGA W’UBUTETSI (CULINARY ARTS) MU GIHE GITO MU ISHURI RYA SAINT PHILIP TSS Ubuyobozi bw’ishuri ryisumbuye rya SAINT PHILIP TSS rikoreka muri Kicukiro, Umurenge wa Kigarama, Akagari ka Karugira…

Soma inkuru yose
Job in Rwanda/ Akazi mu rwanda

Akazi ko kwigisha muri GS ACEPER

GROUPE SCOLAIRE ACEPER B.P. 71 NYAMAGABE Tél.078386401 E-mail:gsaceper@gmail.com ITANGAZO RY’AKAZI. Ubuyobozi bwa G.S. ACEPER ikorera mu karere ka NYAMAGABE, buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko hari imyanya y’akazi ipiganirwa yo kwigisha mu mashuri abanza muri uyu mwaka w’amashuri 2025-2026. Abifuza guhatanira iyo myanya bagomba kugeza ku buyobozi bwishuri ibyangombwa bisabwa cyangwa bakabyohereza kuri…

Soma inkuru yose

Nyanza: Imbangukiragutabara yakoze impanuka ubwo yatwaraga abarwayi barimo uwari wakoze indi mpanuka

Ku wa 3 Nzeri 2025 mu gitondo, imbangukiragutabara y’Ibitaro by’Akarere ka Nyanza yakoze impanuka ubwo yavaga ku Kigo Nderabuzima cya Kirambi itwaye abarwayi babiri, barimo umwana n’umuntu mukuru wari umaze gukora indi mpanuka. Iyi mpanuka yabereye mu Murenge wa Busasamana, Akagari ka Nyanza, Umudugudu wa Nyanza. Dr. Mfitumukiza Jérôme, Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Nyanza, yavuze…

Soma inkuru yose

Volkswagen yashyikirije FERWACY imodoka nshya 114 zizifashishwa muri Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali

Ku wa Kabiri, tariki ya 2 Nzeri 2025, Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryasinye amasezerano y’imikoranire n’uruganda rwa Volkswagen Rwanda, ruzatanga imodoka nshya 114 zizakoreshwa mu gihe cya Shampiyona y’Isi y’Amagare iteganyijwe kubera i Kigali kuva ku wa 21 kugeza ku wa 28 Nzeri 2025. Iyi mihango yabereye kuri Stade Amahoro, ahahuriye Perezida wa…

Soma inkuru yose

Ubuhamya bwa Kanani “Giturashyamba” wahagaritse ubuhigi muri Nyungwe nyuma yo kwica inyamaswa zisaga 5000

Kanani Callixte, uzwi ku izina rya Giturashyamba w’imyaka 47 utuye mu Kagari ka Cyanyirankora, Umurenge wa Kivu mu Karere ka Nyaruguru, yatanze ubuhamya bw’ubuzima bwe bw’igihe kirekire yamaranye n’ishyamba rya Nyungwe mu bikorwa byo guhiga. Yahawe izina Giturashyamba kubera uburyo yahoraga mu ishyamba, ariko ubu avuga ko yicuza cyane kuko ibyo bikorwa ntacyo byamumariye mu…

Soma inkuru yose
Nyamasheke

Nyamasheke: Abakobwa baravugwaho gushukisha amafaranga abagabo bubatse

Mu Karere ka Nyamasheke, mu Murenge wa Bushekeri, abakobwa baravugwaho gushukisha amafaranga abagabo bafite ingo, maze bagatoteza abagore babo. Aba bagore bavuga ko barembejwe n’inkoni bakubitwa n’abagabo babo bitewe n’abagore ndetse n’abakobwa babarusha amafaranga bashukisha abagabo babo, bagatuma babakubita bagamije ko barambirwa, bakahukana maze izo ngo zigatahamo abo bakobwa. Ibi kandi biteza amakimbirane hagati y’abakazana…

Soma inkuru yose
Umutingito muri Afghanistan

Abarenga 1,400 barapfuye, Nta mugore wari wemerewe kuvurwa n’umugabo!

Umutingito ukomeye wibasiye igihugu cya Afghanistan wasize abarenga 1,400 bitabye Imana n’aho abasaga 3,124 barakomereka nk’uko byatangajwe na leta y’Abatalibani. Ku Cyumweru, nibwo umutingito wo kugipimo cya 6 watangiriye mu ntara ya Kunar ugakomereza mu ntara ya Nangarhar na Laghman biherereye muri Afghanistan. Ni umwe mu mitingito wishe abantu benshi muri iki gihugu cya Afghanistan…

Soma inkuru yose
GUHEKENYA SHIKARETE

UBUSHAKASHATSI BWAGARAGAJE IBYIZA BYO KURYA SHIKARETE

Guhekenya shikarete ni umuco umaze kwamamara cyane, inzobere mu buzima zivuga ko uyu muco wo guhekenya shikarete ari mwiza kubera ko bigabanya impumuro mbi mu kanwa. Nubwo bimeze bityo ariko hari abantu batishimira uyu muco wo guhekenya shikarete akaba ariyo mpamvu ikigo cya Nutrients cyakoreye ubushakashatsi bwacyo ku bantu batanduakanye. Ubu bushakashatsi bwagaragazaga ibyiza ndetse…

Soma inkuru yose

Minisiteri y’Uburezi Yatangaje Amanota y’Abanyeshuri Basoje Amashuri y’Isumbuye

Kigali, ku wa 1 Nzeri 2025 – Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda (MINEDUC) yatangaje ku mugaragaro amanota y’abanyeshuri basoje amashuri yisumbuye, harimo abo mu mashuri rusange (S6), abarangije mu mashuri y’abarezi (TTC), abiga imyuga n’ubumenyingiro (TVET), ndetse n’abarangije amashuri y’imyuga n’ubuhanga ngiro byisumbuye (TSS). Nk’uko byagarutsweho n’itangazo rya Minisiteri, ikigero cy’imitsindire kiri hejuru ugereranyije n’imyaka yabanje,…

Soma inkuru yose

Nyaruguru: Abashoramari beretswe amahirwe ari mu gushora imari mu burezi

Akarere ka Nyaruguru, gaherereye mu majyepfo y’u Rwanda, kari mu turere turi kwihuta mu iterambere bitewe n’ibikorwaremezo bigenda byiyongera, birimo imihanda, amavuriro, gare n’ibindi bifasha abaturage kwiteza imbere. Kazwi cyane kandi nk’akarere k’ubukerarugendo bushingiye ku iyobokamana, kuko Kibeho gasurwa n’abasaga miliyoni imwe buri mwaka Nubwo ibyo bikorwa remezo bigenda byiyongera, abaturage ndetse n’abafatanyabikorwa b’akarere bagaragaje…

Soma inkuru yose

Abayobozi ba Gisagara barahamagarira abashoramari gushora imari yabo muri aka karere

Abayobozi b’Akarere ka Gisagara barasaba abashoramari b’imbere mu gihugu ndetse n’abanyamahanga gufata umwanzuro wo gushora imari muri aka karere, bakabyaza umusaruro amahirwe menshi ahari mu nzego zitandukanye. Mu kiganiro n’itangazamakuru, Umuyobozi w’Akarere ka Gisagara yavuze ko aka karere gafite amahirwe menshi atarabyazwa umusaruro, arimo ubuhinzi n’ubworozi, inganda zitunganya umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi, ubukerarugendo bushingiye ku…

Soma inkuru yose
Hinton Godfather of AI

Hinton watangije AI yaburiye Isi kubera ibyango bigiye guterwa na AI

Ku myaka 77, Geoffrey Hinton ufatwa nk’umuhanuzi mu ikoranabunga, akaba aherutse no gutsindira igihembo cya Nobel yatangaje ko ubwengebukorano (AI) buzateza ibyago mu Isi ntibutagenzurwa. Uyu mugabo wahawe akazina ka se wa batisimu w’ubwengebukorano (Godfather of AI) azwi nk’umwe mubatangije deep learning ndetse na neural network, ibi bikaba aribyo byashingiweho mu ikorwa rya AI imaze…

Soma inkuru yose
Job in Rwanda/ Akazi mu rwanda

Habonetse Imyanya 6 y’akazi muri CARITAS Kigali

Cartas Kigali iramenyesha abantu ko yifuza gutanga akazi mu bigonderabuzima n’ibitaro bya Arkidiyosezi ya Kigali ku myanya ikurikira: 1. Umukozi ushinzwe kuboneza urubyaro ku buryo bwa kamere (PFN): Umwanya 1 Abashaka akazi kuri uwo mwanya bagomba kuba bujuje ibi bikurikira. 2. Umubitsi (Cassier[e]): Imyanya 3 Abashaka akazi kuri uwo myanya bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:…

Soma inkuru yose
Job in Rwanda/ Akazi mu rwanda

Itangazo ry’akazi ko kwigisha

Ubuyobozi bukuru bw’ishuri Maduc Bright Academy, rikorera mu murenge wa Kigabiro, akarere ka Rwamagana buramenyesha abantu bose babifitiye ubushobozi ko hari imyamya yo kwigisha mu mwaka w’amashuri 2025/2026. Hakaba hakenewe: Abasaba akazi bagomba kuba barize muri TTC. Ibyangombwa bisabwa Ibyo byangombwa bizatangira kwakirwa kuva kuwa 21/08/2025 ku cyicaro cy’ishuri mu minsi y’akazi. Umunsi wa nyuma…

Soma inkuru yose
Job in Rwanda/ Akazi mu rwanda

Itangazo rireba abifuza akazi

GardaWorld Rwanda Ltd irifuza gutanga akazi ko gucunga umutekano ku bantu bose babyifuza kandi bujuje ibi bikurikira: ABAFUZA AKA KAZI BAZAZANA IBYANGOMBWA BIKURIKIRA IKITONDERWA: Abifuza aka kazi bazazana ibyangombwa aho GARDAWORLD ikorera amahugurwa Kicukiro-Nyanya haruguru y’ikigo bategeramo imodoka. Dukora buri munsi mu minsi y’akazi, guhera saa mbili (8:00 Am) kugeza saa kumi (4:00 Pm) Ku…

Soma inkuru yose
Akarere ka Nyanza

Nyanza: Umugore yatawe muri yombi akekwaho kwica umugabo we

Nyanza: Polisi y’u Rwanda ikorera mu ntara y’Amajyepfo iratangaza ko umugore w’imyaka 21 yatawe muri yombi akekwaho kwica umugabo we. Byabereye mu murenge wa Ntyazo mu karere ka Nyanza aho bikekwa ko nyakwigendera yasanze umugore we ari kumwe n’undi mugabo i saa munani z’ijoro bagatangira kurwana. UMUSEKE wamenye amakuru ko iki cyaha cy’ubwicanyi bikekwa ko…

Soma inkuru yose
Gukorera Provizwali

Iga Amategeko y’umuhanda

Kwiga ibyapa 2. Iki cyapa cyivuga iki? 3. Icyapa gikurikira kivuze iki? 4. Inzira nyabagendwa ifite ibyerekezo bibiri, uruhande rw’ibumoso rudufasha iki ? 5. Iki cyapa gisobanura iki ? 6. Ibyapa bitegeka bikozwe muyihe shusho? 7. Ni kihe cyapa cyerekena ko nta kinyabiziga gifite moteri cyemerewe kuhanyura? 8. Iki cyapa gisobanura iki ? 9. Imbere…

Soma inkuru yose
Ibibwana

Muri Congo abantu bafatanywe ibibwana by’intare bigiye kubakoraho

Abantu batandatu batawe muri yombi nyuma yo gufatanwa ibyana bitatu by’intare ubwo bari mu muhanda wa Kasenga mu bilometero bicye uvuye i Lubumbashi mu Ntara ya Katanga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Aba bantu batandatu bafashwe mu cyumweru gishize tariki 08 Kanama 2025, boherejwe ku biro by’Ubushinjacyaha bw’Urukiko rwisumbuye rwa Lubumbashi kugira ngo basobanure…

Soma inkuru yose

Perezida Donald Trump yagaragaje ko yanyuzwe n’umwihariko w’Umuganda mu Rwanda

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yashimishijwe n’igikorwa cy’Umuganda rusange gikorwa mu Rwanda, aho abaturage bafata umunsi umwe mu kwezi bagasohoka bagakora ibikorwa by’isuku n’iterambere rusange Ibi yabitangaje ku wa Mbere tariki ya 11 Kanama 2025, avuga ko yanyuzwe n’iyi gahunda, ndetse agaragaza ko ari urugero rwiza igihugu cye cyakwigiraho….

Soma inkuru yose
Indangamuntu

Icyumweru cy’irangamimerere gikemura byinshi ku mwirondoro w’umuntu

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 11 Kanama 2025, haratangira icyumweru cyahariwe irangamimerere, aho ibibazo bijyanye na serivisi zaryo, zifasha kuba ku gihe ku bijyanye n’irangamimerere. Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu ishishikariza abaturarwanda kwitegura, bakagana inzego bireba kugira ngo, amakuru yabo abe yuzuye kandi ajyanye n’igihe, cyane cyane muri iki gihe ikoranabuhanga rikataje mu nzego zitandukanye z’ubuzima…

Soma inkuru yose

Putin yahaye umunyamerika igihembo cy’ishimwe

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yageneye intumwa yihariye ya Donald Trump igihembo cy’ubutwari, cyahawe umuyobozi ukomeye muri CIA ufite umwana wapfiriye arwana ku ruhande rw’u Burusiya mu ntambara ya Ukraine. Nk’uko bitangazwa na BBC, Putin yahaye Steve Witkoff, intumwa ya Trump, umudali w’ishimwe mu ruzinduko yagiriye i Moscow muri iki cyumweru. Aba bombi bagiranye ibiganiro…

Soma inkuru yose
Job in Rwanda/ Akazi mu rwanda

Amahirwe ya kazi ko muri hotel

Ubuyobozi bwa EAST GATE HOTEL ishami rya Ngoma, Kirehe. Gatsibo na Burera, buramenyensha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi n’ubushake ko bwifuza gutanga akazi ku myanya ikurikira: Usaba akazi agomba kuba: Uwujuje ibisaba kandi akaba akeneye akazi, agomba kuba yagejeje ibaruwa isaba akazi yandikiwe Umuyobozi mukuru waho Hotel iherereye ishami rya Ngoma, mubiro by’umukozi ushinzwe…

Soma inkuru yose
Job in Rwanda/ Akazi mu rwanda

Akazi ko kwigisha mu mashuri abanza-Primary schools

KING SALOMON ACADEMYParish Academy, tel: 0781 701213- G.R. BKE-mail: kingsalomonacademy@yahoo.comE.A.R. Diocese Byumba“Train a child in the way he should go and when he is old he will not turn from it” Proverbs 22:6 Shaka akandi kazi aha ITANGAZO RIHAMAGARIRA ABANTU IPIGANWA RY’IMYANYA Y’AKAZI KO KWIGISHA MU MASHURI ABANZA Ubuyobozi bw’ishuri rya King Salomon Academy burifuza…

Soma inkuru yose
DirectAid

DirectAid irigutanga amahirwe yo kurihirwa amashuri ku buntu

ITANGAZO KWAKIRA ABANA B’IMFUBYI BAKENNYE BIFUZA KWIGA MU BIGO BY’AMASHURI BICUMBIKA BYA DIRECTAID DIRECTAID ku bufatanye n’UMURYANGO W’ABISLAM MU RWANDA (RMC) iramenyesha abantu bose ko yatangiye kwakira dosiye z’abana b’imfubyi bakenye bashaka kwiga mu bigo byayo, ari byo: AMABWIRIZA YO KWEMERERWA Umwana ushaka guhabwa ubwo bufasha yuzuza ibi bikurikira: IBYANGOMBWA BISABWA Umwana usaba agomba gutanga…

Soma inkuru yose
AFC/23 M23

FARDC yabujije abasirikare bayo gutera AFC/M23

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyabujije abasirikare bacyo kugaba ibitero ku birindiro by’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bw’iki gihugu. Ubu butumwa bwa Télégramme bwanditswe n’ubuyobozi bwa FARDC bumenyesha abasirikare ba RDC ko bagomba kubahiriza gahunda z’amahoro zikomeje. FARDC yamenyesheje aba basirikare ko “umwanzi nabatera”, bagomba gusubizanya imbaraga nyinshi, bagahangana na we. Ese urashaka…

Soma inkuru yose
Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya

Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya

Perezida Kagame yagize Dr. Justin Nsengiyumva Minisitiri w’Intebe. Yari asanzwe ari Visi Guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu Dr Nsengiyumva yari asanzwe ari Visi Guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu, umwanya yagiyeho ku wa 25 Gashyantare 2025. Asimbuye Dr Edouard Ngirente wari kuri izi nshingano kuva mu 2017. Mbere yaho, yabaye Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Uburezi kugeza…

Soma inkuru yose
Dore uko mugore yiberega mu ishyamba n'udukobwa twe 2

India: Dore uko mugore yiberega mu isenga n’udukobwa twe 2

Polisi yo m’Ubuhinde (India) yatangaje ko yavumbuye umugore ukomoka m’Uburusiya wiberaga mu ishyamba rya wenyine n’udukobwa twe tubiri (2). Nkuko byatangajwe n’apolisi yo m’Ubuhinde, uyu mugore yitwa Nina Kutina afite imyaka 40, akaba afite abana babiri umwe w’imyaka 6 n’undi w’imyaka 4, basanzwe mu musozi wa  Ramatirtha kamwe mu dusozi dukunda gusurwa n’abamukerarugendo, aka gasozi…

Soma inkuru yose
Umuyobozi w’urubyiruko yishwe na Wazalendo

Umuyobozi w’urubyiruko yishwe na Wazalendo

WALIKALE: Umuyobozi w’urubyiruko i Waloa Yungu, muri teritwari ya Walikale mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yishwe arashwe n’inyeshyamba zibumbiye mu ihuriro rya Wazalendo, rikorana na Leta ya RDC. Uyu muyobozi yishwe ku wa Gatandatu, tariki ya 19 Nyakanga 2025, arashwe n’abo barwanyi bo mu mutwe witwa Mouvement d’Action pour le Changement (MAC). Amakuru avuga ko nyakwigendera…

Soma inkuru yose

Minisitiri w’Uburezi Nsengimana Joseph yasobanuye impamvu isomo rya mudasobwa ryakuwe mu mashami y’amashuri yisumbuye

Minisitiri w’Uburezi, Bwana Nsengimana Joseph, yatangaje ko mu mavugurura mashya y’imyigire mu mashuri yisumbuye, isomo ryihariye rya mudasobwa (computer science) ryakuwe mu mashami asanzwe ryigagamo, rikazajya ryigishwa mu mashuri abifitiye ubushobozi cyangwa ku babihisemo by’umwihariko. Ibi yabivuze ku wa 20 Nyakanga 2025 mu kiganiro “Urubuga rw’Itangazamakuru”, ubwo yasobanuraga impamvu n’inyigo by’iri vugurura. Yasobanuye ko aho…

Soma inkuru yose
M23/AFC na DRC Congo

AFC/M23 na Leta ya Congo bagiranye amasezerano

Intumwa za Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo n’iz’Ihuriro AFC/M23, kuri uyu wa Gatandatu, zashyize umukono ku nyandiko y’amahame ngenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro arambye mu Burasirazuba bwa DRC. Iki gikorwa gihagarariwe na Qatar cyabereye i Doha, Umurwa Mukuru w’iki gihugu. Umuhungano wo gushyira umukono ku masezerano witabiriwe n’intumwa za Qatar ari nawe uyoboye ibi biganiro,…

Soma inkuru yose
ingabire victoire

Hatangajwe icyemezo cyafatiwe umunyapolitiki Ingabire Victoire ku ifungwa yasabiwe

Umunyapolitiki Ingabire Victoire Umuhoza uregwa ibyaha birimo guteza imvururu muri rubanda, yafatiwe icyemezo cyo gufungwa by’agateganyo iminsi 30. Ni icyemezo cyatangajwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Nyakanga 2025, nyuma yuko ruburanishije urubanza ku ifungwa ry’agateganyo ruregwamo uyu munyapolitiki. Ingabire Victoire washinze ishyaha DALFA-Umurinzi ritemewe mu Rwanda, akurikuranyweho ibyaha birimo kurema…

Soma inkuru yose