Ese umutima ushobora gukunda abantu barenze umwe? Dore icyo ubushakashatsi bugaragaza

Hari imyemerere imaze igihe ivuga ko urukundo rumeze nk’umugati cyangwa keke ugabanywa: iyo umuntu umwe abonye igice kinini, undi asigaranwa gito. Iyi myumvire ni yo ituma abantu benshi bagira ishyari, bagatinya ko umukunzi wabo naramuka agaragarije undi rukundo, urwo babahaga ruzahita rugabanuka. Ariko ubushakashatsi n’isesengura ryatanzwe na Aaron Ben-Ze’ev, impuguke mu mitekerereze ya muntu, bugaragaza…

Soma inkuru yose

Ibimenyetso 5 byerekana ko umubano wawe ushobora kurangira utabiteguye

Hari abantu benshi baba bari mu rukundo cyangwa mu rushako bumva ibintu byose bimeze neza, bakibwira ko umubano wabo uhagaze neza, ariko bagatungurwa no kubona umunsi umwe uwo bakundana ababwiye ko ashaka kubivamo. Kuri bamwe, ibyo bibabera nk’inkuba ikubise ahantu hatunguranye: nta makimbirane akomeye bari babona, nta nduru, nta gutongana gukabije, ahubwo bakumva ko bari…

Soma inkuru yose

Uko Kwibuka Ibihe Byiza Byabaye Bituma Abashakanye Barushaho Guhuza

Ubushakashatsi bushya bwerekana ko umubano w’abashakanye udashingira gusa ku kurema ibihe bishya bishimishije, ahubwo ko no gusubira mu mateka y’ibyishimo bamaze kunyuramo bigira uruhare rukomeye mu kuwubaka no kuwukomeza. Ibi byitwa “joint savoring”, bivuga gusangira no kongera kwishimira ibihe byiza byabaye hagati y’abantu babiri bari mu rukundo. Icyo gusangira ibihe byiza bisobanura Gusangira ibihe byiza…

Soma inkuru yose

Ese koko Gukururwa n’undi Muntu byaba ikimenyetso cy’uko utanyuzwe n’uwo Mukundana ? Sobanukirwa

Hari abantu benshi bemera ko urukundo nyarwo rudasiga umwanya wo gukururwa n’undi muntu. Batekereza ko iyo umuntu akunda by’ukuri, umutima we uba ufunze ku bandi bose. Nyamara, ubushakashatsi bwo muri siyansi y’imitekerereze ya muntu (Psychology) bugaragaza ko ibintu bitajya biba gutyo. Mu nyandiko yasohotse ku wa 20 Kamena 2026, umushakashatsi mu by’amarangamutima, Aaron Ben-Ze’ev, yasobanuye…

Soma inkuru yose

Ikibazo Kimwe Abashakanye Bakwiriye Kwibaza

Abashakanye benshi bagera igihe bakumva hari ibitagenda neza mu mubano wabo ariko bakabura uburyo bwo kubisobanura cyangwa aho bahera bashaka ibisubizo. Hari abumva urukundo rwagabanutse, abandi bakumva amakimbirane yiyongereye, mu gihe hari n’abibaza niba umubano wabo ukiri ku murongo mwiza. Nk’uko umuhanga mu bijyanye n’imibanire y’abashakanye Assael Romanelli abigaragaza, hari ikibazo kimwe cyoroshye ariko gikomeye…

Soma inkuru yose

Miss Rwanda 2020, Nishimwe Naomi n’umugabo we bakomeje kunezererwa i Bali

Nyampinga w’u Rwanda 2020, Nishimwe Naomi hamwe n’umugabo we Michael Tesfay bakomeje kuryoherwa n’urugendo rwabo rw’ubukerarugendo ku Kirwa cya Bali, kimwe mu bice bikurura ba mukerarugendo benshi ku Isi. Aba bombi bamaze iminsi basangiza abakunzi babo amafoto n’amashusho binyuze ku mbuga nkoranyambaga, bagaragaza uburyo bakomeje kunezezwa n’ubwiza bw’iki kirwa kizwiho imico gakondo, inyanja nziza ndetse…

Soma inkuru yose