Gasabo-Ndera: Hatashywe Ikiraro cyo mu Kirere gifite Uburebure bwa Metero 75

Abaturage bo mu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo batangaje ko bagiye koroherezwa mu ngendo no kubona serivisi zitandukanye nyuma yo kubakirwa ikiraro cyo mu kirere kizabafasha kwambukiranya umugezi mu buryo bwizewe. Nk’uko IGIHE yabitangaje, iki kiraro cyubatswe ku bufatanye bw’Ikigo Dar Rwanda, TYLin, Introba ndetse n’umuryango FIKA Rwanda (Bridge to Prosperity), kikaba cyaratashywe…

Soma inkuru yose

U Buholandi bwasabiye Eugène Ntambara igifungo cya burundu ku byaha bya Jenoside

Ubushinjacyaha bw’u Buholandi bwasabye Urukiko rwa La Haye gukatira Umunyarwanda Eugène Ntambara igifungo cya burundu, bumushinja uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nk’uko IGIHE yabitangaje, Ntambara w’imyaka 66 yaburanishijwe nyuma y’iperereza ryamaze imyaka myinshi rikozwe n’inzego z’u Buholandi zishinzwe gukurikirana ibyaha mpuzamahanga. Amakuru yatangajwe na IGIHE agaragaza ko Ntambara yahoze atuye muri Komini Mbazi…

Soma inkuru yose