Gasabo-Ndera: Hatashywe Ikiraro cyo mu Kirere gifite Uburebure bwa Metero 75

Abaturage bo mu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo batangaje ko bagiye koroherezwa mu ngendo no kubona serivisi zitandukanye nyuma yo kubakirwa ikiraro cyo mu kirere kizabafasha kwambukiranya umugezi mu buryo bwizewe. Nk’uko IGIHE yabitangaje, iki kiraro cyubatswe ku bufatanye bw’Ikigo Dar Rwanda, TYLin, Introba ndetse n’umuryango FIKA Rwanda (Bridge to Prosperity), kikaba cyaratashywe…

Soma inkuru yose

U Rwanda Rwateye Intambwe Nshya Mu Rugendo rwo Kuba Igicumbi cy’Ikoranabuhanga muri Afurika

Mu gihe ibihugu byinshi ku Isi bikomeje gushora imari mu ikoranabuhanga rishingiye ku bwenge buhangano, u Rwanda na rwo rwafashe indi ntambwe ikomeye mu rugendo rwo kwiyubaka nk’igihugu gishingiye ku bumenyi n’ikoranabuhanga. Inama y’Abaminisitiri yemeje ishyirwaho ry’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubwenge Buhangano, kizaba gifite inshingano zo guhuza, kuyobora no guteza imbere ibikorwa byose bifitanye isano n’ubu…

Soma inkuru yose

Ruhango: Urubyiruko rwasabwe kumenya amateka y’u Rwanda no kugira uruhare mu gukumira ibyaha

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yakomeje ubukangurambaga bugamije gushishikariza abaturage, by’umwihariko urubyiruko, kugira uruhare mu kwirinda no gukumira ibyaha. Mu Karere ka Ruhango, urubyiruko rw’abakorerabushake n’abakoresha umuhanda basobanuriwe uruhare rwabo mu kubungabunga umutekano. Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Ruhango, SSP B. Kagenza, yavuze ko ibyaha bikunze kugaragara cyane mu rubyiruko birimo ikoreshwa…

Soma inkuru yose

Dore Impamvu Umukunzi Wawe Atuma Uba Umuntu Mwiza Kurushaho

Gukunda umuntu ukwiriye bishobora gufasha ubuzima bwawe kujya mu cyerekezo cyiza no kugera ku ntego wihaye. Mu buzima bwa buri munsi, abantu benshi bahora bashaka uburyo bwo kwiteza imbere. Hari abashaka kongera ubumenyi, abandi bagashaka kugira imyitwarire myiza, gukomera ku nshingano cyangwa kubaka icyizere cyo kwihesha agaciro. Akenshi, abantu bashakira ibisubizo muri gahunda z’amahugurwa, ibitabo…

Soma inkuru yose

Nyamasheke: Abaturage batewe impungenge n’umusanzu wa “EjoHeza” bavuga ko batabona muri sisitemu

Mu Karere ka Nyamasheke, Umurenge wa Karambi, hari abaturage bavuga ko batewe impungenge n’imikorere ya gahunda y’ubwizigame bw’igihe kirekire ya “EjoHeza”, nyuma yo gutanga amafaranga y’umusanzu ariko ntibabone ubutumwa bubemeza ko amafaranga yabo yashyizwe muri sisitemu nk’uko bisanzwe bigenda ku banyamuryango b’iyi gahunda. Iki kibazo cyatumye bamwe mu baturage batangira kugira amakenga ku mikorere y’ikusanywa…

Soma inkuru yose

Impinduramatwara mu Bwikorezi: Ikoranabuhanga Ririguhindura Ubukungu bw’Isi.

Uko Ubwikorezi Bwinjiye mu Gihe Gishya Dushingiye ku kirangano turimo. Mu myaka mike ishize, urwego rw’ubwikorezi rwabaye kimwe mu byihuta guhinduka ku Isi. Iterambere ry’ikoranabuhanga, izamuka ry’imijyi, ubucuruzi mpuzamahanga ndetse n’ihindagurika ry’ikirere biri gutuma ibihugu n’ibigo bikora ubwikorezi bishaka uburyo bushya bwo gutwara abantu n’ibintu mu buryo bwihuse, buhendutse kandi bwangiza ibidukikije ku rugero ruto….

Soma inkuru yose

BRD yegereje abaturage inguzanyo zihendutse binyuze muri SACCO zo hirya no hino mu gihugu

Banki y’Amajyambere y’u Rwanda, BRD PLC, yatangije gahunda nshya igamije kwegereza abaturage serivisi z’imari binyuze muri za SACCO zo ku rwego rw’uturere, mu rwego rwo gufasha cyane cyane abahinzi, aborozi n’urubyiruko kubona inguzanyo zoroshye kandi zihendutse. Iyi gahunda yatangirijwe mu Karere ka Nyamagabe ku bufatanye na Ishema SACCO, ifite abanyamuryango barenga ibihumbi 180. Harimo inguzanyo…

Soma inkuru yose

Impamvu zitera ifaranga ry’ibihugu biri mu nzira y’iterambere guta agaciro.

Ifaranga ni inkingi y’ubukungu bw’igihugu. Rikoreshwa mu kugura, kugurisha no kubika agaciro k’umutungo. Agaciro k’ifaranga kagaragaza ubushobozi igihugu gifite ku masoko mpuzamahanga no mu mibereho y’abaturage,Mu myaka yashize, ibihugu byinshi biri mu nzira y’iterambere byahuye n’ikibazo cyo guta agaciro kw’ifaranga. Ibi byateye izamuka ry’ibiciro, ubuzima burushaho guhenda ndetse n’ubukungu buradindira. Raporo za International Monetary Fund…

Soma inkuru yose

Bamwe mu rubyiruko rukorera ku mbuga nkoranyambaga bavuga ko ari inzira iganisha ku iterambere

Urubyiruko rurenga 1,000 rukoresha umuyoboro nka YouTube n’izindi mbuga nkoranyambaga, rwibumbiye mu itsinda ryitwa: Smart250 Academy, rutangaza ko rufata imbuga nkoranyambaga nk’inzira ikomeye izarufasha kugera ku iterambere no ku nzozi zarwo z’ahazaza. Aba basore n’inkumi bavuga ko nubwo imbuga nkoranyambaga zikunze kuvugwaho byinshi, bo bahisemo kuzibyaza umusaruro mu buryo bwiza, birinda kuzikoresha mu buryo bwangiza…

Soma inkuru yose