Abanyeshuri 1,097 bakopeye ibizamini bya Leta bahawe igihano gikomeye

Abanyeshuri 1,097 bakopeye ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2025/2026, ntibazahabwa andi mahirwe yo kongera gukora ibyo bizamini. Amakuru dukesha IGIHE avuga ko ibi byatangajwe na Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, kuri uyu wa 11 Nzeri 2026, ubwo hatangazwaga amanota y’abanyeshuri 108,405 bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye. Minisitiri Nsengimana yavuze…

Soma inkuru yose

Amanota y’ibizamini bya Leta arasohoka uyu munsi

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje ko kuri uyu wa 11 Nzeri 2026 ari bwo hasohoka amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye, ndetse n’ay’abanyeshuri basubiyemo ibizamini bisoza amashuri abanza. NESA yatangaje ko amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye by’umwaka w’amashuri wa 2025/2026 aratangazwa saa Munani z’amanywa. Ibi bizazana igisubizo ku banyeshuri…

Soma inkuru yose

Abanyeshuri 7,188 bongeye guhabwa amahirwe nyuma y’ikibazo gikomeye cyo gukopera

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko abanyeshuri 7,188 bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza mu mwaka w’amashuri wa 2025/2026 bazasubira gukora ibizamini, nyuma y’uko iperereza ryagaragaje ibikorwa byo gukopera byabaye mu buryo rusange. Nk’uko imvahonshya yabitangaje aba banyeshuri bazongera gukora ibizamini kuva ku wa 2 kugeza ku wa 4 Nzeri 2026, mu gihe MINEDUC ivuga…

Soma inkuru yose

NESA yatangiye ubugenzuzi ku mashuri arenga 600 akorera mu buryo butemewe

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi bw’Ibanze (NESA) cyatangije ubugenzuzi ku bigo by’amashuri birenga 600 byashinzwe n’abikorera ariko bikaba bikora bitarabona ibyangombwa bisabwa. Amakuru dukesha IGIHE avuga ko ubu bugenzuzi bukorerwa mu gihugu hose, hagamijwe kureba niba ibyo bigo byujuje ibisabwa kugira ngo bikomeze gutanga uburezi mu buryo bwemewe, butabangamira umutekano w’abanyeshuri ndetse n’ireme ry’uburezi. Umuyobozi w’Ishami…

Soma inkuru yose

Urutonde rw’Amashuri Yemerewe Gucumbikira Abanyeshuri mu Rwanda

Igihugu: Repubulika y’u Rwanda Itariki y’inyandiko: 13 Kanama 2026 Ubwoko bw’amashuri: Amashuri acumbikira abanyeshuri Intara zikubiye muri uru rutonde: Iburasirazuba, Amajyepfo, Iburengerazuba n’Amajyaruguru Incamake Repubulika y’u Rwanda yashyize ahagaragara urutonde rw’amashuri yemewe kandi acumbikira abanyeshuri mu Ntara enye z’u Rwanda zirimo Intara y’Iburasirazuba, Amajyepfo, Iburengerazuba n’Amajyaruguru. Aya makuru afasha abanyeshuri, ababyeyi n’abandi bafite aho bahurira…

Soma inkuru yose

MINEDUC yasobanuye ikosa ryatumye uwabaye uwa mbere mu bizamini bya Leta ataboneka mu muhango wo gutanga ibihembo

Ku wa 20 Kanama 2026, ku mbuga nkoranyambaga havutse impaka nyuma y’uko Uwamariya Leontine, wabaye uwa mbere mu bizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, atagaragaye mu muhango wo gutanga ibihembo. Uwamariya ukomoka mu Karere ka Rusizi, yigaga mu Ishuri ry’Isumbuye rya ISF Nyamasheke, aho yagize amanota 98,7%, anganya na Musonga Isimbi Orah wigaga…

Soma inkuru yose

Umunyeshuri wabaye uwa mbere mu gihugu yabuze amanota 0.4% ngo abone 100%

Rwego Mutijima Bruno, umunyeshuri wigaga muri Ecole Internationale La Racine mu Karere ka Bugesera, ni we wabaye uwa mbere mu bizamini bya Leta bisoza amashuri abanza mu mwaka w’amashuri wa 2025/2026. Rwego Mutijima Bruno yatsinze ku rwego rwo hejuru, aho yasigaje amanota 0.4% ngo agere kuri 100%. Umunyeshuri wamukurikiye we yabonye 99.4%, mu gihe uwa…

Soma inkuru yose

Amanota y’abanyeshuri bakoze ibizini bya leta Ari hari gutangazwa, Menya igihe abanyeshuri bazamenyeraho uko batsinze

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’Icyiciro Rusange cy’amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2025/2026 azatangazwa ku wa Kabiri, tariki ya 18 Kanama 2026, saa cyenda z’amanywa. Nk’uko imvahonshya yabitangaje, Ibi byatangajwe na Minisiteri y’Uburezi ku wa Gatanu tariki ya 14 Kanama 2026, mu gihe abanyeshuri bakoze ibi bizamini ndetse…

Soma inkuru yose

Impungenge ku bana b’Abanyarwanda badasobanukirwa ibyo basoma nubwo bazi gusoma neza

Ubushakashatsi bushya bwakozwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) bwagaragaje ikibazo gikomeye mu burezi bw’u Rwanda, aho abana benshi bashobora gusoma amagambo n’interuro ariko bakagira ikibazo cyo gusobanukirwa ibyo basoma. Ni ikibazo impuguke zigaragaza ko gishobora kugira ingaruka zikomeye ku myigire y’abana, kuko gusoma bidahagije iyo umunyeshuri adashoboye kumva no gusobanura ubutumwa buri mu…

Soma inkuru yose

Impungenge ku bana b’Abanyarwanda badasobanukirwa ibyo basoma nubwo bazi gusoma neza

Ubushakashatsi bushya bwakozwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) bwagaragaje ikibazo gikomeye mu burezi bw’u Rwanda, aho abana benshi bashobora gusoma amagambo n’interuro ariko bakagira ikibazo cyo gusobanukirwa ibyo basoma. Ni ikibazo impuguke zigaragaza ko gishobora kugira ingaruka zikomeye ku myigire y’abana, kuko gusoma bidahagije iyo umunyeshuri adashoboye kumva no gusobanura ubutumwa buri mu…

Soma inkuru yose

Dore uko NESA izajya ibara amanota

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, cyatangaje ko hagiye kujya hatangazwa amanota y’ibizamini bya Leta ku ijana (%) kugira ngo hamenyekane impamvu ituma abana boherezwa mu mashuri atandukanye. Byagarutsweho kuri iki Cyumweru tariki 25 Gicurasi 2025, mu kiganiro cyagarukaga kuri gahunda ‘Nzamurabushobozi n’imyiteguro y’ibizamini bya Leta’ cyatambutse kuri RBA. Umuyobozi Mukuru wa NESA, Dr…

Soma inkuru yose

NESA yatangajwe igihe abanyeshuri bazakorera ibizamini bya Leta

Kuri iki Cyumweru Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizami n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje ko ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza bizatangira ku wa 30 Kemena bigasozwa ku wa 03 Nyakanga 2025. Ni mu gihe ibizamini bisoza Icyiciro cya mbere cy’ayisumbuye bizakorerwa rimwe n’ibisoza umwaka wa gatandatu w’ayisumbuye kuva wa 09 Nyakanga bigasozwa ku wa 18 Nyakanga 2025….

Soma inkuru yose