Urutonde rw’Amashuri Yemerewe Gucumbikira Abanyeshuri mu Rwanda

Igihugu: Repubulika y’u Rwanda

Itariki y’inyandiko: 13 Kanama 2026

Ubwoko bw’amashuri: Amashuri acumbikira abanyeshuri

Intara zikubiye muri uru rutonde: Iburasirazuba, Amajyepfo, Iburengerazuba n’Amajyaruguru

Incamake

Repubulika y’u Rwanda yashyize ahagaragara urutonde rw’amashuri yemewe kandi acumbikira abanyeshuri mu Ntara enye z’u Rwanda zirimo Intara y’Iburasirazuba, Amajyepfo, Iburengerazuba n’Amajyaruguru.

Aya makuru afasha abanyeshuri, ababyeyi n’abandi bafite aho bahurira n’uburezi kumenya amashuri afite uburenganzira bwo kwakira abanyeshuri baba ku ishuri.

Buri rutonde rukubiyemo amakuru atandukanye arimo:

  • Nomero cyangwa kode y’ishuri
  • Izina ry’ishuri
  • Ubwoko bw’amacumbi
  • Imiterere cyangwa icyiciro ishuri ririmo, yaba ari irya Leta, rifashwa na Leta cyangwa ryigenga
  • Uburyo bwo kuvugana n’ishuri, harimo email na telefoneAho ishuri riherereye
  • Ibyiciro cyangwa amasomo atangirwa kuri iryo shuri

Intara y’Iburasirazuba

Umubare w’amashuri yemewe acumbikira abanyeshuri: Arenga 60

kanda hano usome urutonde

Intara y’Amajyepfo

Umubare w’amashuri yemewe acumbikira abanyeshuri: Arenga 90

Kanda hano usome urutonde

Intara y’Iburengerazuba

Umubare w’amashuri yemewe acumbikira abanyeshuri: Arenga 90

Kanda hano usome urutonde

Intara y’Amajyaruguru

Umubare w’amashuri yemewe acumbikira abanyeshuri: Arenga 68

Kanda hano usome urutonde

Uru Rutonde Rugenewe Bande?

Aya makuru ashobora gufasha:

  • Abanyeshuri bashaka amashuri acumbikira abanyeshuri
  • Ababyeyi n’abarezi bashaka amashuri yemewe
  • Abayobozi b’amashuri
  • Abafatanyabikorwa mu rwego rw’uburezi
  • Abashakashatsi mu by’uburezi
  • Undi muntu wese ushaka kumenya amashuri acumbikira abanyeshuri mu Rwanda

Icyitonderwa:

  • Amashuri ari kuri uru rutonde atandukanye bitewe n’Intara aherereyemo.
  • Buri shuri ritanga ibyiciro cyangwa amasomo byihariye.
  • Ku muntu ushaka amakuru arambuye ku ishuri runaka, ashobora gukoresha uburyo bwo kuvugana n’iryo shuri burimo email cyangwa telefone.
  • Aya makuru ashingiye ku rutonde rwashyizwe ahagaragara ku wa 13 Kanama 2026.
  • Urutonde rushobora guhindurwa cyangwa kuvugururwa n’inzego zibishinzwe mu burezi.

Repubulika y’u Rwanda | Minisiteri y’Uburezi | Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB)

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *