Ngoma: Umugabo yishe mugenzi we basangiraga ‘akabenzi’ n’inzoga

Inzego z’umutekano mu Karere ka Ngoma zatangiye gushakisha umugabo w’imyaka 30 ukekwaho kwica mugenzi we bari basangiye inzoga n’inyama z’akabenzi, nyuma yo kugirana amakimbirane agahita amukubita umwase mu mutwe. Ibi byabaye ku wa Gatatu tariki ya 2 Nzeri 2026, mu Mudugudu wa Murambi, Akagari ka Kinunga, Umurenge wa Remera mu Karere ka Ngoma. Amakuru dukesha…

Soma inkuru yose

Mu burasirazuba: Hatangiye gufungurwa buhoro buhoro amasoko y’amatungo

Guverinoma y’u Rwanda yatangiye gufungura buhoro buhoro amasoko y’amatungo mu turere tune two mu Ntara y’Iburasirazuba, nyuma y’uko indwara ya Rift Valley Fever (RVF) imaze iminsi yibasiye amatungo itangiye kugabanuka. Nk’uko Ijari News yabitangaje, iki cyemezo cyafashwe nyuma y’ingamba zitandukanye zari zarashyizweho mu rwego rwo kurwanya no gukumira ikwirakwira ry’iyi ndwara yibasira amatungo. Amasoko yatangiye…

Soma inkuru yose

Huye: abantu bakekwaho kwikomeretsa ku myanya y’ibanga kugira ngo basabirize bafashwe

Abantu bane bakekwaho kwikomeretsa ku bushake ku myanya y’ibanga kugira ngo babone impamvu yo gusabiriza amafaranga yo kwivuza bafashwe mu Karere ka Huye, aho ubu bari gukurikiranwa n’inzego z’ubuyobozi. Amakuru dukesha IGIHE, avuga ko aba bantu bafatiwe mu Murenge wa Ngoma, mu Kagari ka Matyazo, nyuma yo kugaragara basabiriza mu masoko atandukanye bavuga ko bakeneye…

Soma inkuru yose

Ngoma: Abarenga 60 bakekwaho ubujura n’ibindi byaha batawe muri yombi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Ngoma yatangaje ko yataye muri yombi abantu barenga 60 bakekwaho ibikorwa bitandukanye byahungabanyaga umutekano w’abaturage bo mu Mirenge ya Kibungo na Rukumberi. Mu byo aba bantu bakekwaho harimo ubujura, guteza umutekano muke, ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko, gucuruza kanyanga n’urumogi, ndetse n’ibindi bikorwa by’urugomo byavugwaga muri…

Soma inkuru yose

Ngoma: Umukobwa Yabenzwe Habura Amasaha Make ngo Ashyingirwe

Umukobwa wo mu Karere ka Ngoma, Umurenge wa Gashanda, yabenzwe habura amasaha make ngo asezerane n’umusore bari bamaze igihe bakundana, nyuma y’uko uyu musore avumbuye ko yari yarabeshywe ku makuru amukomeyeho. Uyu mukobwa n’umusore wo mu Murenge wa Kazo bari barateguye ubukwe bwabo kuri uyu wa Kane tariki 25 Kamena 2026. Imiryango yombi, inshuti ndetse…

Soma inkuru yose

I Ngoma: Abantu bane bakatiwe burundu nyuma yo kwica umubyeyi w’umwe muri bo

Urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma rwakatiye igifungo cya burundu abantu bane nyuma yo kubahamya icyaha cy’ubwicanyi bwakorewe Mukaremezo Xaverine, bwateguwe kandi bugakoranwa ubushake. Muri abo harimo umuhungu wa nyakwigendera, Hakizimana Jean Luc uzwi nka Shehe, ushinjwa kuba yaragize uruhare rukomeye mu mugambi wo kwica nyina. Icyemezo cyasomwe ku wa Kabiri tariki ya 9 Kamena 2026 mu…

Soma inkuru yose

Ngoma: Abakekwaho kwica umusaza bamushakaho amafaranga batawe muri yombi

Inzego z’umutekano mu Karere ka Ngoma zatangaje ko zataye muri yombi abantu bakekwaho kugira uruhare mu bwicanyi bwakorewe umusaza wo mu Murenge wa Gashanda, wishwe nyuma yo kuburirwa irengero iminsi itari mike. Umurambo w’uyu musaza wabonetse ku wa Gatatu tariki 6 Gicurasi 2026, mu murima wo muri uwo murenge, ariko uboneka hari ibice by’umubiri byawuburagaho….

Soma inkuru yose