Ngoma: Abarenga 60 bakekwaho ubujura n’ibindi byaha batawe muri yombi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Ngoma yatangaje ko yataye muri yombi abantu barenga 60 bakekwaho ibikorwa bitandukanye byahungabanyaga umutekano w’abaturage bo mu Mirenge ya Kibungo na Rukumberi. Mu byo aba bantu bakekwaho harimo ubujura, guteza umutekano muke, ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko, gucuruza kanyanga n’urumogi, ndetse n’ibindi bikorwa by’urugomo byavugwaga muri…

Soma inkuru yose

Ngoma: Umukobwa Yabenzwe Habura Amasaha Make ngo Ashyingirwe

Umukobwa wo mu Karere ka Ngoma, Umurenge wa Gashanda, yabenzwe habura amasaha make ngo asezerane n’umusore bari bamaze igihe bakundana, nyuma y’uko uyu musore avumbuye ko yari yarabeshywe ku makuru amukomeyeho. Uyu mukobwa n’umusore wo mu Murenge wa Kazo bari barateguye ubukwe bwabo kuri uyu wa Kane tariki 25 Kamena 2026. Imiryango yombi, inshuti ndetse…

Soma inkuru yose

I Ngoma: Abantu bane bakatiwe burundu nyuma yo kwica umubyeyi w’umwe muri bo

Urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma rwakatiye igifungo cya burundu abantu bane nyuma yo kubahamya icyaha cy’ubwicanyi bwakorewe Mukaremezo Xaverine, bwateguwe kandi bugakoranwa ubushake. Muri abo harimo umuhungu wa nyakwigendera, Hakizimana Jean Luc uzwi nka Shehe, ushinjwa kuba yaragize uruhare rukomeye mu mugambi wo kwica nyina. Icyemezo cyasomwe ku wa Kabiri tariki ya 9 Kamena 2026 mu…

Soma inkuru yose

Ngoma: Abakekwaho kwica umusaza bamushakaho amafaranga batawe muri yombi

Inzego z’umutekano mu Karere ka Ngoma zatangaje ko zataye muri yombi abantu bakekwaho kugira uruhare mu bwicanyi bwakorewe umusaza wo mu Murenge wa Gashanda, wishwe nyuma yo kuburirwa irengero iminsi itari mike. Umurambo w’uyu musaza wabonetse ku wa Gatatu tariki 6 Gicurasi 2026, mu murima wo muri uwo murenge, ariko uboneka hari ibice by’umubiri byawuburagaho….

Soma inkuru yose