Rubavu: Umusore yagiye kwiba insinga z’amashanyarazi, asiga ubuzima aho yari yagiye kwiba

Umusore uri mu kigero cy’imyaka 25 y’amavuko yapfuye azize umuriro w’amashanyarazi ubwo yageragezaga kwiba insinga z’amashanyarazi mu Murenge wa Gisenyi, mu Karere ka Rubavu. Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 9 Nzeri 2026, ahagana saa moya za mu gitondo, mu Kagari ka Kivumu, Umudugudu w’Itangazamakuru. Amakuru dukesha IGIHE agaragaza ko…

Soma inkuru yose

Umugabo yapfuye agerageza kongera igitsina nyuma yo guterwa inshinge

Umugabo w’imyaka 43 wamamaye ku mbuga nkoranyambaga yapfuye nyuma yo kugira ikibazo gikomeye cyo kuziba kw’imitsi ijyana amaraso mu bihaha, bikekwa ko cyakurikiye igikorwa cyo kongera igitsina yari yakorewe muri Thailand. Uyu mugabo witwa Igho Ubiribo, wari uzwi kandi ku mazina ya Tiny, Denisi na Ego, yari yagiye muri Thailand ashaka kongera ubunini bw’igitsina cye,…

Soma inkuru yose

Se wa Kitoko yitabye Imana

Se w’umuhanzi Kitoko Bibarwa Patrick yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa 26 Nyakanga 2026, nyuma y’igihe yari amaze avurirwa mu Bitaro Byitiriwe Umwami Faisal i Kigali. Mu minsi yashize, uyu mubyeyi yari arembeye muri ibi bitaro, aho Kitoko yakundaga kumuba hafi amwitaho. Kuba yari amaze igihe agarutse gutura mu Rwanda, byatumye abona umwanya uhagije…

Soma inkuru yose

Kamonyi: Umugabo yasanzwe yapfiriye mu nzu, hatangijwe iperereza

Umugabo witwa Nsanzimana Justin wo mu Mudugudu wa Nyagatare, Akagari ka Gihara, Umurenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi, yasanzwe yitabye Imana mu nzu yabagamo, bikekwa ko yiyambuye ubuzima. Inzego zibishinzwe zatangiye iperereza kugira ngo hamenyekane icyateye uru rupfu. Amakuru yamenyekanye ku wa 20 Nyakanga 2026, nyuma y’uko umwe mu baturanyi be yumvise radiyo yo…

Soma inkuru yose

Nyamasheke: Umugabo yatawe muri yombi akekwaho kwica umwana w’imyaka ine yakekaga ko atari uwe

Umugabo wo mu Karere ka Nyamasheke ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) akurikiranyweho kwica umwana w’imyaka ine witwa Manzi Success Lionel, bikekwa ko yari amaze iminsi atemera ko ari uwe. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Yove, Akagari ka Mutongo, Umurenge wa Cyato, ku wa 27 Kamena 2026, nyuma y’iminsi umuryango n’abaturage bamushakisha. Amakuru aturuka…

Soma inkuru yose