U Rwanda Rugiye Gutangiza Serivisi ya ‘Gériatrie’ Yo Kwita ku Bageze mu Zabukuru

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje gahunda nshya igamije guteza imbere ubuzima bw’abageze mu zabukuru, aho bagiye kujya bahabwa serivisi z’ubuvuzi zibagenewe by’umwihariko ndetse bakigishwa uburyo bwo kubaho ubuzima buzira umuze no gukomeza kugira imbaraga nubwo imyaka yaba yiyongereye. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, ubwo yagezaga ibisobanuro ku Nteko Ishinga Amategeko ku wa 9…

Soma inkuru yose

Kwicara Igihe Kirekire Bishobora Guteza Diyabete, Indwara z’Umutima n’Ibibazo by’Umugongo

Mu gihe ikoranabuhanga n’imiterere y’imirimo bikomeje gutuma abantu benshi bamara amasaha menshi bicaye, inzobere mu buzima ziraburira ko iyi myitwarire ishobora kugira ingaruka zikomeye ku mubiri no ku buzima bwo mu mutwe. Abantu bakora mu biro, abatwara ibinyabiziga, abakoresha mudasobwa igihe kirekire n’abandi bamara igihe kinini bicaye bavuga ko bakunze guhura n’ibibazo bitandukanye birimo uburwayi…

Soma inkuru yose

Papa Leo XIV yavuze ko siporo uretse kubaka umuntu, ihuza amahanga ikanateza imbere ubuzima

Papa Leo XIV yashimangiye ko siporo idakwiye gufatwa nk’uburyo bwo guhatanira ibikombe cyangwa intsinzi gusa, ahubwo ko ari ishuri ryigisha indangagaciro zubaka umuntu, rikamufasha kugira ubuzima bwiza haba ku mubiri, mu mitekerereze no mu mibereho ye, ndetse rikagira uruhare mu guhuza abantu n’amahanga. Ibi yabitangaje mu butumwa yagejeje ku bagize Ishyirahamwe ry’Umukino wo Koga mu…

Soma inkuru yose

Uko Imyitozo y’Imbaraga Ifasha Umubiri Kubaho Igihe Kirekire

Imyitozo ngororamubiri ifatwa nk’imwe mu nkingi zikomeye z’ubuzima bwiza. Nubwo benshi bakunda kwibanda ku myitozo yo gutuma umutima ukora neza (cardio), abahanga mu buzima bagaragaza ko imyitozo yo kongerera umubiri imbaraga (strength training) ifite uruhare rukomeye mu gutuma umuntu abaho neza kandi igihe kirekire, cyane cyane uko asaza. Imyitozo itandukanye, inyungu zitandukanye Abantu benshi bakora…

Soma inkuru yose

Ese Umugore Utwite Agomba Gukora Imirimo Yose? Sobanukirwa!

Gutwita ni urugendo rw’ingenzi mu buzima bw’umugore, rusaba kwitabwaho by’umwihariko kugira ngo umubyeyi n’umwana bazavuke bafite ubuzima bwiza. Nubwo gutwita atari uburwayi, hari ibikorwa bimwe na bimwe umugore utwite asabwa kwitondera cyangwa kwirinda kugira ngo hatazagira ingaruka ku buzima bwe cyangwa ubw’umwana atwite. Abahanga mu by’ubuzima bavuga ko umugore utwite ashobora gukomeza gukora imirimo yoroheje…

Soma inkuru yose