Mu ibanga rikomeye cyane Irene Murindahabi akaba yigaranzuye iy’ubusiribateri

Umunyamakuru Murindahabi Iréné, uzwi nka M. Iréné, yasezeranye imbere y’amategeko na Nikuze Liliane, mu muhango wabereye mu Murenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana, witabirwa n’abantu batandukanye barimo ibyamamare bikomeye mu myidagaduro nyarwanda. Nk’uko amakuru dukesha IGIHE abivuga, uyu muhango wabaye ku mugoroba wo kuri uyu munsi, aho M. Iréné na Nikuze Liliane bageze ku…

Soma inkuru yose

Rwamagana: Umugabo Yafashwe Agiye Gutoroka Nyuma yo Gukekwaho Kwica Umugore we Amukubise Ikibando

Mu Karere ka Rwamagana haravugwa inkuru y’incamugongo nyuma y’uko umugabo akekwaho kwica umugore we amukubise ikibando mu mutwe, nyuma y’amakimbirane yari asanzwe avugwa muri uru rugo. Ibi byabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Nyakanga 2026, mu Mudugudu w’Akabare, Akagari k’Akabare, Umurenge wa Musha, aho abaturage babyutse basanga umugore yishwe mu…

Soma inkuru yose

Rwamagana: Umwana w’imyaka 12 yarohamye mu Kiyaga cya Muhazi ajyanywe no kuvoma

Umwana w’umuhungu witwa Yaba Umuremyi Theonest, w’imyaka 12, wigaga mu mashuri yisumbuye ku Rwunge rw’Amashuri rwa GS Murambi, mu Kagari ka Murambi, Umurenge wa Muhazi, Akarere ka Rwamagana, yarohamye mu Kiyaga cya Muhazi ubwo yari yagiye kuvoma. Amakuru atangwa n’abaturage bavuga ko uyu mwana yari yoherejwe kuvoma, ariko ageze ku kiyaga we n’abandi bana bahitamo…

Soma inkuru yose

MINICOM yisubije ibibanza 5 mu Cyanya cy’Inganda cya Rwamagana kubera abashoramari bananiwe kwishyura

MINICOM yisubije ibibanza bitanu mu Cyanya cy’Inganda cya Rwamagana kubera ko abashoramari bananiwe kubyishyura nk’uko byari biteganyijwe mu masezerano, ibintu byagarutsweho mu Nteko Ishinga Amategeko ubwo PAC yasuzumaga raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta. Ubuyobozi bwa MINICOM busobanura ko abashoramari bahabwa ubutaka bakishyura 30% bakemererwa gutangira imirimo, ibindi bisigaye bikishyurwa mu gihe k’imyaka itanu. Gusa…

Soma inkuru yose

Ngoma: Umukobwa Yabenzwe Habura Amasaha Make ngo Ashyingirwe

Umukobwa wo mu Karere ka Ngoma, Umurenge wa Gashanda, yabenzwe habura amasaha make ngo asezerane n’umusore bari bamaze igihe bakundana, nyuma y’uko uyu musore avumbuye ko yari yarabeshywe ku makuru amukomeyeho. Uyu mukobwa n’umusore wo mu Murenge wa Kazo bari barateguye ubukwe bwabo kuri uyu wa Kane tariki 25 Kamena 2026. Imiryango yombi, inshuti ndetse…

Soma inkuru yose

Rwamagana: Irondo ry’abagore riri gutanga umusaruro ugaragara

Mu rwego rwo kwishakamo ibisubizo, abagore batuye mu karere ka Rwamagana, mu murenge wa Mwulire batangiye kurara irondo. Iri ni irondo ryitwa “Mutimawurugo” riba ritagamije gukesha ijoro, ahubwo ryashyizweho kugira ngo rikangurire Bamutima w’urugo (abagore) bo mu karere ka Rwamagana gutaha kare bakajya kwita ku bana babo. Dore uko rikorwa. Iri ni irondo riba rigizwe…

Soma inkuru yose