Kuki umugore utwite atwarira ibintu bimwe na bimwe? Abaganga barabisobanura

Gutwarira ni imyitwarire cyangwa irari ridasanzwe bamwe mu bagore bagaragaza mu gihe batwite, aho bashobora kugira icyifuzo gikomeye cyo kubona, kurya cyangwa kumva impumuro y’ikintu runaka. Gutwita kuzana impinduka nyinshi mu mubiri no mu mitekerereze y’umubyeyi. Muri izo mpinduka harimo kugira irari ry’ibiribwa runaka, kwanga bimwe mu biribwa cyangwa kumva impumuro runaka ku buryo budasanzwe….

Soma inkuru yose

Umugabo wari ufite igitsina kingana na hafi cm 1 yishyuye $4,000 ngo yongererwe ingano

Umunyamerika Michael Phillips w’imyaka 38, wo muri Leta ya North Carolina muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yakozweho ubuvuzi bugamije kongera ingano n’umubyimba w’igitsina cye, nyuma y’imyaka myinshi ahanganye n’ikibazo cy’igitsina gito cyane. Amakuru dukesha IGIHE avuga ko Phillips afite igitsina kireshya na santimetero 0,9652, ni ukuvuga hafi santimetero imwe. Abaganga bagishyira mu cyiciro cy’ibyitwa…

Soma inkuru yose

Abaganga bakuye mu ruhago rw’inkari rw’umurwayi ibuye ripima ibiro 3,1

Abaganga bo muri Sri Lanka bakoze igikorwa kidasanzwe cyo kubaga umugabo w’imyaka 55, bakamukuramo ibuye ryari mu ruhago rw’inkari ripima ibiro 3,1, bikekwa ko rishobora kuba ari ryo rinini cyane rimaze gukurwa mu muntu. Iki gikorwa cyabereye mu Bitaro byo mu Mujyi wa Trincomalee, mu Burasirazuba bwa Sri Lanka, mu cyumweru cyabanje. Uyu murwayi yari…

Soma inkuru yose

Kuki abagabo bamwe bongera ubunini bw’igitsina? Dore ingaruka bishobora kubagiraho

Abagabo bamwe na bamwe baragenda bashaka uburyo bwo kongera ubunini bw’igitsina cyabo, cyane cyane bitewe n’uko bumva ko kitagaragara neza cyangwa ko bashaka kongera icyizere bafitiye umubiri wabo. Inkuru dukesha BBC yerekana ko hari abagabo bahisemo gukoresha uburyo butandukanye bwo kongera ubunini bw’igitsina, ariko abaganga bakomeje kuburira ko ubu buryo bushobora guteza ibibazo bikomeye iyo…

Soma inkuru yose

Abaganga bakoze amateka babaga umwana akiri mu nda ya nyina

Mu ntambwe nshya yatewe mu buvuzi bw’abana bataravuka, abaganga bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika babaze umwana akiri mu nda ya nyina kugira ngo bakosore ikibazo gikomeye cyari cyugarije ubuzima bwe mbere y’uko avuka. Uyu mwana witwa Theo, ubu ufite amezi atanu y’amavuko, ameze neza nyuma y’iki gikorwa cy’ubuvuzi cyakozwe nyina, Maisie Savage, ukomoka…

Soma inkuru yose

Impamvu Abaganga Bashishikariza Abantu Gukora Imyitozo Ngororamubiri .

Ubuzima bwa benshi buri guhinduka bitewe nakazi dukora umunsi ku munsi. Muri iki gihe isi iragenda ihinduka cyane, aho abantu benshi bamara amasaha menshi bicaye ku kazi, imbere ya mudasobwa cyangwa telefone, ibintu abahanga bavuga ko biri mu bituma indwara zitandura ziyongera umunsi ku wundi. Abaganga n’inzobere mu buzima bagaragaza ko gukora imyitozo ngororamubiri ari…

Soma inkuru yose