Ese Ibyerekeye “Agatama” byaba byifashe bite Mu Rwanda ? Sobanukirwa!
Ubushakashatsi bushya ku mibereho n’ubuzima bw’abaturage (RDHS 2025 – Demographic and Health Survey), nk’uko bitangazwa na IGIHE, bugaragaza ko kunywa inzoga mu Rwanda bikigaragara cyane mu bagabo ugereranyije n’abagore, ndetse n’imyitwarire y’abanywa ikaba itandukanye bitewe n’imyaka, aho batuye, urwego rw’ubukungu n’uburezi. Hafi kimwe cya kabiri cy’abagabo banywa inzoga Raporo igaragaza ko hafi 50% by’abagabo b’u…
