Gukuna ku mugore cyangwa guca imyeyo: Ese kutabikora bigira icyo bihindura ku munezero w’umugabo?
Mu bice bitandukanye by’u Rwanda no mu bindi bihugu byo muri Afurika, hari umuco umaze igihe kirekire aho abakobwa n’abagore barambura buhoro buhoro ibice by’inyuma by’imyanya ndangagitsina, bikunze kwitwa gukuna. Ubushakashatsi bwakorewe mu Rwanda bugaragaza ko kurambura labia minora byagiye bifatwa nk’umuco ugamije kugira uruhare mu munezero w’imibonano mpuzabitsina ku mugore no ku mugabo. Ariko…
