Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko ikirego RDC yareze u Rwanda Muri ICJ ari “Amayeri ya Politiki”
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ikirego Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yajyanye mu Rukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera (ICJ) kigamije impamvu za politiki, aho yavuze ko ari uburyo bwo guhisha ubufatanye Leta ya RDC ifitanye n’umutwe wa FDLR u Rwanda rushinja kuba ugizwe n’abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Ibi yabitangaje ku…
