U Rwanda rwihaye intego yo kugabanya 50% by’impanuka zo mu muhanda bitarenze imyaka ine.
U Rwanda rwatangaje ko rwiyemeje kugabanya ku kigero cya 50% impanuka zo mu muhanda mu myaka ine iri imbere, binyuze mu gukomeza gushyira mu bikorwa ingamba zigamije kunoza umutekano wo mu muhanda no kurinda ubuzima bw’abawukoresha. Ibi byatangajwe na Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, mu nama mpuzamahanga yiga ku mutekano wo mu…
