Kuki abagore bari guhindura uburyo bakunda bitewe n’impinduka ziri mu rukundo rwo kuri internet? Sobanukirwa

Mu myaka ishize, uburyo abantu bahura bakubaka urukundo bwahindutse cyane bitewe n’iterambere ry’ikoranabuhanga. Imbuga nkoranyambaga n’izindi porogaramu zifasha abantu gushaka abakunzi byatumye benshi babona urukundo bitabagoye, ariko na none bizana ibibazo birimo kubeshywa, guhemukirwa no kubura icyizere. Muri urwo rwego, hagaragaye umugendo mushya witwa “Fémosphère”, uri gukurura abagore benshi cyane cyane mu Burayi no muri…

Soma inkuru yose

Ese umutima ushobora gukunda abantu barenze umwe? Dore icyo ubushakashatsi bugaragaza

Hari imyemerere imaze igihe ivuga ko urukundo rumeze nk’umugati cyangwa keke ugabanywa: iyo umuntu umwe abonye igice kinini, undi asigaranwa gito. Iyi myumvire ni yo ituma abantu benshi bagira ishyari, bagatinya ko umukunzi wabo naramuka agaragarije undi rukundo, urwo babahaga ruzahita rugabanuka. Ariko ubushakashatsi n’isesengura ryatanzwe na Aaron Ben-Ze’ev, impuguke mu mitekerereze ya muntu, bugaragaza…

Soma inkuru yose

Ibimenyetso 5 byerekana ko umubano wawe ushobora kurangira utabiteguye

Hari abantu benshi baba bari mu rukundo cyangwa mu rushako bumva ibintu byose bimeze neza, bakibwira ko umubano wabo uhagaze neza, ariko bagatungurwa no kubona umunsi umwe uwo bakundana ababwiye ko ashaka kubivamo. Kuri bamwe, ibyo bibabera nk’inkuba ikubise ahantu hatunguranye: nta makimbirane akomeye bari babona, nta nduru, nta gutongana gukabije, ahubwo bakumva ko bari…

Soma inkuru yose

Uko Kwibuka Ibihe Byiza Byabaye Bituma Abashakanye Barushaho Guhuza

Ubushakashatsi bushya bwerekana ko umubano w’abashakanye udashingira gusa ku kurema ibihe bishya bishimishije, ahubwo ko no gusubira mu mateka y’ibyishimo bamaze kunyuramo bigira uruhare rukomeye mu kuwubaka no kuwukomeza. Ibi byitwa “joint savoring”, bivuga gusangira no kongera kwishimira ibihe byiza byabaye hagati y’abantu babiri bari mu rukundo. Icyo gusangira ibihe byiza bisobanura Gusangira ibihe byiza…

Soma inkuru yose

Kurwara “Akadege” mu Rukundo ni iki? Dore ibimenyetso n’impamvu zishobora kubitera

Urukundo ni kimwe mu bintu by’ingenzi bigira uruhare mu mibereho y’umuntu. Iyo rufite ishingiro, rutanga ibyishimo, rugatuma abantu bafashanya kandi bagatera imbere. Gusa hari igihe amarangamutima ashobora kurenga urugero, urukundo rukaba isoko y’ubwoba, guhangayika no kubura amahoro yo mu mutima. Abahanga mu buzima bwo mu mutwe bagaragaza ko gukunda umuntu cyane atari ikibazo ubwabyo, ariko…

Soma inkuru yose

Ese koko kubenguka uwo ukunda mu gihe gito bishobora kugutera kwicuza ?

Hari abavuga ko gukunda umuntu ukimubona ari ukwihuta ugize ibyo wirengagiza biba bishobora no kuzaguteza ibibazo, mu gihe abandi bemeza ko ari ibyo bishobora kugaragaza urukundo nyakuri. Ese koko gukunda umuntu mu gihe gito byaba ari ikibazo? Umuhanga mu by’imitekerereze n’imibanire y’abakundana, Aaron Ben-Zeév, agaragaza ko ikibazo nyamukuru atari umuvuduko urukundo rutangiramo, ahubwo ari ukumenya…

Soma inkuru yose

Ngoma: Umukobwa Yabenzwe Habura Amasaha Make ngo Ashyingirwe

Umukobwa wo mu Karere ka Ngoma, Umurenge wa Gashanda, yabenzwe habura amasaha make ngo asezerane n’umusore bari bamaze igihe bakundana, nyuma y’uko uyu musore avumbuye ko yari yarabeshywe ku makuru amukomeyeho. Uyu mukobwa n’umusore wo mu Murenge wa Kazo bari barateguye ubukwe bwabo kuri uyu wa Kane tariki 25 Kamena 2026. Imiryango yombi, inshuti ndetse…

Soma inkuru yose

Abasore n’Inkumi bashyiriweho Urubuga rubahuza n’Abo bifuza Gukundana na bo

Muri iki kinyejana cy’ikoranabuhanga rikomeje guhindura imibereho y’abatuye Isi, mu Rwanda hadutse uburyo bushya bwo gushaka umukunzi hifashishijwe urubuga rwo kuri internet. Inyuma y’uko hari uburyo busa nk’ubusanzwe abantu bahuzwaga n’imbugankoranyambaga bakubaka ubushuti, wenda byaba bitabaye umwaku urukundo rugakomera bakaba banemeranya kubana, kuri ubu noneho abasore n’inkumi bifuza gukundana bashyiriweho urubuga rugenewe iyo gahunda gusa….

Soma inkuru yose

Ese koko Gukururwa n’undi Muntu byaba ikimenyetso cy’uko utanyuzwe n’uwo Mukundana ? Sobanukirwa

Hari abantu benshi bemera ko urukundo nyarwo rudasiga umwanya wo gukururwa n’undi muntu. Batekereza ko iyo umuntu akunda by’ukuri, umutima we uba ufunze ku bandi bose. Nyamara, ubushakashatsi bwo muri siyansi y’imitekerereze ya muntu (Psychology) bugaragaza ko ibintu bitajya biba gutyo. Mu nyandiko yasohotse ku wa 20 Kamena 2026, umushakashatsi mu by’amarangamutima, Aaron Ben-Ze’ev, yasobanuye…

Soma inkuru yose

Ese Kuba Ingaragu Bishobora Kugira Ingaruka ku Buzima Bwo mu Mutwe? Dore Icyo Abahanga Babivugaho

Mu gihe hari abantu bavuga ko kubaho badafite uwo bakundana bibaha amahoro n’ubwisanzure, ubushakashatsi butandukanye bugaragaza ko kwigunga cyangwa kubura umubano wa hafi bishobora kugira ingaruka ku buzima bwo mu mutwe. Icyakora, impuguke zishimangira ko kugira umukunzi cyangwa gushaka atari byo byonyine bituma umuntu agira ubuzima bwiza bwo mu mutwe. Ubushakashatsi bwakozwe mu bihugu bitandukanye…

Soma inkuru yose

Uko Wakwitandukanya n’Umukunzi Ugukoresha mu Nyungu Ze

Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko abantu bakoresha abo bakundana mu nyungu zabo bashobora gutuma umubano uba umutwaro, ugasiga uwo bakoresha yumva adafite ijambo, ananiwe ndetse atishimye. Impuguke zivuga ko kumenya ibimenyetso by’iyo myitwarire no gufata ingamba hakiri kare bishobora kurinda umubano gusenyuka cyangwa kurinda umuntu gukomeza kubaho mu buzima bumubangamiye. Mu buzima bwa buri munsi, hari…

Soma inkuru yose

Urukundo Ruramba Rwubakwa Rute? Ibyo Abahanga Basaba Abakundana Gukora Kugira ngo Barinde Umubano Wabo

Mu gihe urukundo rukomeje kuba kimwe mu bintu biha abantu benshi ibyishimo n’icyizere cy’ejo hazaza, hari imibanire myinshi igenda isenyuka bitewe n’ibibazo birimo kutizerana, kubura itumanaho, kutubahana ndetse no kudashyira imbere inyungu z’umubano. Abahanga mu by’imibanire n’urukundo bavuga ko urukundo nyarwo rutubakwa n’amagambo gusa, ahubwo ko rushingira ku bikorwa bya buri munsi bigaragaza urukundo, icyizere…

Soma inkuru yose

Dore Impamvu Umukunzi Wawe Atuma Uba Umuntu Mwiza Kurushaho

Gukunda umuntu ukwiriye bishobora gufasha ubuzima bwawe kujya mu cyerekezo cyiza no kugera ku ntego wihaye. Mu buzima bwa buri munsi, abantu benshi bahora bashaka uburyo bwo kwiteza imbere. Hari abashaka kongera ubumenyi, abandi bagashaka kugira imyitwarire myiza, gukomera ku nshingano cyangwa kubaka icyizere cyo kwihesha agaciro. Akenshi, abantu bashakira ibisubizo muri gahunda z’amahugurwa, ibitabo…

Soma inkuru yose

Inkindi Aisha yavuze ukuri ku mubano we na M. Iréné nyuma y’itangazwa ry’ubukwe bwe

Mu gihe hari hashize imyaka myinshi ku mbuga nkoranyambaga hacicikana amakuru avuga ko Inkindi Aisha akundana na Murindahabi Iréné uzwi nka M. Iréné, uyu mukobwa yavuze ko nta rukundo rwigeze rubahuza ahubwo ko ari inshuti zisanzwe.Ibi bije nyuma y’uko M. Iréné atangaje ko ari mu myiteguro y’ubukwe bwe na Nishimwe Liliane, buzaba ku wa 15…

Soma inkuru yose

Lynda Priya yahishuye amayeri umugabo we yakoresheje kugira ngo amutsindire umutima

Umunyamakuru akaba n’umukinnyi wa filime w’icyatwa mu Rwanda, Lynda Priya, yanyuze mu nyanja y’urukundo maze ahishura amayeri n’uburyo umugabo we, Christian Irenge, yakoresheje ikoranabuhanga rishingiye ku kazi kugira ngo amwiyegereze kugeza bemeranije kurushinga. Mu kiganiro cyuje amarangamutima menshi cyatambutse ku muyoboro wa YouTube, Lynda yagaragaje ko urugendo rwabo rw’urukundo rutatangiye nk’uburyo busanzwe bw’abasore b’iki gihe,…

Soma inkuru yose

“Uri inzozi ndota kugeza bukeye” Umunyarwenya Etienne yifurije umugore we Josiane isabukuru mu buryo bwakoze benshi ku mutima.

Umunyarwenya nyarwanda Iryamukuru Etienne yagaragaje amarangamutima akomeye akunda umugore we Uwizeyimana Josiane, amwifuriza isabukuru nziza y’amavuko mu butumwa bwuje urukundo yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga. Mu butumwa yanyujije kuri Instagram kuri uyu wa 15 Gicurasi, Etienne yavuze ko Josiane ari umuntu ukomeye mu buzima bwe ndetse amusobanurira urukundo amufitiye mu magambo yuje imitoma. Yagize ati:…

Soma inkuru yose

Abasore batihutira kujya mu rukundo bakiri bato baba bafite amahirwe yo kuzashaka neza

Mu gihe urubyiruko rw’iki gihe rukunze gushyirwa ku gitutu cyo gushaka abakunzi hakiri kare, hari ibitekerezo biri gukwirakwira mu biganiro by’imibereho n’imbuga nkoranyambaga bivuga ko abasore bamara igihe kinini badafite abakunzi bakiri bato baba bashobora kuzagira amahirwe menshi yo kuzubaka urukundo rufite icyerekezo igihe bakuze. Icyo ubusesenguzi buvuga Abasesenguzi bamwe mu bijyanye n’imibanire bavuga ko…

Soma inkuru yose

Menya amateka y’Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Umubyeyi

Buri mwaka mu cyumweru cya kabiri cya Gicurasi, ibihugu byinshi ku Isi byizihiza Mother’s Day, umunsi wahariwe gushimira no guha icyubahiro ababyeyi kubera uruhare rukomeye bagira mu buzima bw’imiryango n’iterambere ry’umuryango mugari. Uyu munsi wizihizwa cyane muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse no mu bindi bihugu byinshi byo ku Isi, aho abantu bafata umwanya…

Soma inkuru yose

Ibyafasha igitsina gore kongera ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina

Ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina ni kimwe mu bigira uruhare mu mubano mwiza hagati y’abashakanye. Bityo iyo ubu bushake bugabanutse, bishobora gutera impungenge cyangwa kutumvikana hagati y’abakundana. Abahanga mu buzima bagaragaza ko kugabanuka k’ubushake ku bagore akenshi bidaterwa gusa n’impamvu z’umubiri, ahubwo ko bishobora guterwa n’ubuzima bwa buri munsi, imitekerereze cyangwa ibibazo byo mu muryango….

Soma inkuru yose

Leta ihangayikishijwe n’akazi, urubyiruko rwo ruhugiye mu buzima bwo kwinezeza mu mibonano mpuzabitsina

Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu guhanga imirimo mishya no kugabanya ubushomeri cyane cyane mu rubyiruko, gusa haracyari impungenge z’uko bamwe mu rubyiruko bo basa n’abamaze kwitakariza icyizere cy’ejo hazaza ahubwo bakaba bari mu buzima bwo kwishora mu ngeso zibangiriza ubuzima n’iterambere. SnapChat yahindutse ahantu ho gusangiza ibibazo by’urukundo n’imibonano Raporo y’Ikigo cy’Igihugu…

Soma inkuru yose

Sex toys” mu nzira zo gusimbura abantu mu buriri?

Isi irimo kwinjira mu gihe cy’impinduramatwara mu myumvire ku mibIsionano mpuzabitsina, aho ibikoresho byifashishwa mu gushimisha mu buryo bw’ibanga bizwi nka ‘sex toys’ biri kugenda byifashishwa na benshi, by’umwihariko urubyiruko, abagore n’abagabo batandukanye. Ntabwo naje gukangurira abantu kubikoresha munyumve neza, ahubwo ni uko akariho kavugwa! Ubusanzwe, ibi bikoresho byari bimenyerewe cyane mu bihugu byateye imbere…

Soma inkuru yose

Kuki Twambikana Impeta? Amateka n’Ibisobanuro Byihishe Inyuma Yayo

Mu buzima bwa buri munsi, impeta ni ikintu gifite igisobanuro kinini mu bijyanye n’urukundo n’ishyingiranwa, n’umwanya wihariye cyane. Impeta ni igikoresho cy’ubukwe cyangwa ikimenyetso cy’ubusabane bw’umubano, kikaba gikoreshwa cyane mu mibanire hagati y’abashakanye cyangwa abifuza kubana mu buryo bwemewe n’amategeko. Kwambikana impeta si umuhango uje mu myaka micye ishize, ahubwo ni umuco umaze ibinyejana byinshi…

Soma inkuru yose

Ibintu 10 wakora umukobwa akakwirukanka inyuma

Iyo uri Umusore hari igihe uba ubona Ko umukobwa ushobora kugukunda Ari Mama wawe, abagore bakuze , Abo mu muryango wawe ndetse N’abana bato! Ese wibaza impamvu inkumi wifuza ko Mwakundana zitakureba n’irihumye? Rimwe na rimwe utekereza ko ari wowe Kibazo, kubera ko ugerageza gutereta ariko bikarangira nabi. Dore impamvu bishobora kurangira nabi: Birasekeje guhura…

Soma inkuru yose