Nshimiyimana Claude

RURAGERETSE HAGATI YA MBAPPÉ N’UMUSENATERI WO MURI PARAGUAY NYUMA Y’AMAGAMBO Y’IVANGURA.

Amakimbirane hagati ya rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa, Kylian Mbappé, na senateri wa Paraguay Celeste Amarilla bwafashe indi ntera. Ni nyuma y’uko uwo munyapolitiki atangaje amagambo yafashwe nk’irondaruhu akurikiye isezererwa rya Paraguay n’u Bufaransa mu Gikombe cy’Isi cya 2026.  Nyuma y’umukino warangiye u Bufaransa butsinze Paraguay igitego 1-0, kuri uyu wa Gatandatu tariki 4 Nyakanga 2026, Amarilla yanditse…

Soma inkuru yose

Neymar Jr yasezeye umupira w’amaguru, nyuma yo gutsindwa na Norway 2-1.

Nyuma y’imyaka isaga 15 ari umwe mu bakinnyi b’ikirangirire ku isi, Neymar Jr yatangaje ko asezeye ku mupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga, ashyira akadomo ku rugendo rwaranzwe n’ubuhanga budasanzwe, ibikombe byinshi ndetse n’ibihe byamugoye birimo imvune zakurikiranye. Neymar da Silva Santos Júnior, uzwi cyane nka Neymar Jr, yavukiye muri Brazil maze atangira kumenyekana akiri muto akinira…

Soma inkuru yose

Udushya kuri Sitade umunani zo muri Quatar zakiriye igikombe cy’isi cya 2022.

Mu gihe abakinnyi bakomeje kwinubira sitade zo muri Amerika zitagenewe umupira w’amaguru, abakunzi bawo bakomeje kwibuka udushya twa sitade umunani zo muri Quatar. Igikombe cy’Isi cya FIFA 2022 cyabereye muri Qatar cyasize amateka akomeye, kuko ari cyo cya mbere cyabereye mu Burasirazuba bwo Hagati ndetse kikabera mu gihugu gito cyakoresheje stade umunani gusa zakiniwemo imikino…

Soma inkuru yose

Keir Starmer yeguye ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza.

Kuri uyu wa Mbere tariki 22, Kamena 2026, Keir Starmer yatangaje ko yeguye ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza ndetse no ku buyobozi bw’ishyaka ry’abakozi (Labour Party) nyuma y’igihe kitageze ku myaka ibiri ageze ku butegetsi. Mu ijambo yagejeje ku baturage kuri uyu wa Mbere, Starmer yagize ati: “Nafashe iki cyemezo nyuma yo kubona ko…

Soma inkuru yose

Umunsi Mpuzamahanga wa Yoga wizihizwa tariki 21 Kamena buri mwaka.

Ku itariki 21 Kamena, buri mwaka isi yose yizihije Umunsi Mpuzamahanga wa Yoga, umunsi washyizweho n’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye mu mwaka wa 2014 hagamijwe gushishikariza abantu kumenya no gukoresha yoga nk’uburyo bwo guteza imbere ubuzima bwiza bw’umubiri n’ubwenge. Yoga ni imyitozo ikomoka mu Buhinde, ikaba ihuza imyitozo ngororamubiri, uburyo bwo guhumeka neza n’imitekerereze ituma umuntu agira…

Soma inkuru yose

AC Millan yatangaje Roben Amorim nk’umutoza wayo mushya.

Ikipe ya AC Milan yatangaje ku mugaragaro ko yagize Ruben Amorim umutoza wayo mushya, asimbura Massimiliano Allegri wirukanwe nyuma y’umusaruro mubi yagize mu mwaka w’imikino ushize 2025-2026. Amorim w’imyaka 41 y’amavuko, ukomoka muri Portugal, yahawe inshingano zo kongera kubaka AC Milan nyuma y’uko iyi kipe isoje ku mwanya wa gatanu muri Shampiyona y’u Butaliyani (Serie A), bityo ikabura itike yo gukina…

Soma inkuru yose

Elon Musk yaciye agahigo ko kuzuza tiriyoni imwe y’Amadorali y’Amerika.

Umuherwe w’umunyamerika ukomoka muri Afurika y’Epfo, Elon Musk, akomeje kwandika amateka mu bukungu bw’isi. Kuri ubu afite imyaka 54 y’amavuko, akaba ari we muntu wa mbere ku isi waciye agahigo ko gutunga umutungo urengeje  tiriyoni 1 y’amadolari ya Amerika. Amakuru yatanzwe n’ikinyamakuru Bloomburg kuri uyu wa 12 Kamena 2026. Ikinyamakuru Forbes nicyo cyatangaje ko Elon Musk yinjiye…

Soma inkuru yose

U Rwanda rwemeje ishyirwaho ry’ikigo cy’ubwenge buhangano (AI).

 Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026 iyobowe na Perezida Paul Kagameyabereye muri Village Urugwiro, yemeje ishyirwaho ry’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubwenge Buhangano (AI) kikaba ari cyo kigo cya mbere kizaba gifite inshingano zo guteza imbere no kugenzura ikoreshwa rya AI mu Rwanda.  Iki kigo kizafasha kwihutisha ubushakashatsi, guhanga udushya, gukoresha no gushora imari mu ikoranabuhanga rya…

Soma inkuru yose

Abakinnyi bavukana bazahurira mu Gikombe cy’Isi cya 2026.

Mu Gikombe cy’Isi cya 2026 kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mexico na Canada, kizatangira tariki 11, Kamena kugeza 19 Nyakanga 2026, hari abakinnyi bavukana bose bazahagararira ibihugu byabo ari na ko bahurira muri iri rushanwa rikomeye nk’abavandimwe. Uretse kuba ari intwari z’amakipe yabo, bazaba banahagarariye imiryango yabo ku rwego rw’Isi.  Muri abo harimo…

Soma inkuru yose

Andoni Iraola mu biganiro bya nyuma na Liverpool.

Ikipe ya Liverpool FC yatangiye ibiganiro n’umunya- Espagne Andoni Iraola wahoze atoza Bournemouth, mu rugendo rwo gushaka umusimbura wa Arne Slot uherutse gutandukana n’iyi kipe ikinira kuri sitade ya Anfield road.  Aya makuru yatangiye gukwirakwira kuri uyu wa Kabiri agaragaza ko Iraola ari mu bahabwa amahirwe menshi yo guhabwa aka kazi agasimbure Arne Slot watwsye…

Soma inkuru yose

Impamvu zishobora gutera abana kuvukana ubumuga.

Abana bamwe bavukana cyangwa bakagira ubumuga bakiri bato, ibintu bikunze gutera impaka n’amatsiko mu miryango myinshi. Abaganga bavuga ko ubumuga buturuka ku mpamvu zitandukanye, kandi ko akenshi butaba bushingiye ku makosa y’ababyeyi gusa. Hari ubumuga buterwa n’uruherekane mu muryango aho umwana ashobora kuzungura ikibazo cyihariye kivuye ku babyeyi cyangwa ku ihinduka ry’imiterere y’uturemangingo. Izindi mpamvu…

Soma inkuru yose

Udushya tuzaranga igikombe cy’isi cya 2026.

Igikombe cy’Isi cya 2026 kizabera muri Amerika, Canada na Mexico gitegerejwemo udushya ugereranyije n’ibindi bikombe byabanje, aho FIFA iri gutegura udushya twinshi tugamije kongera imyidagaduro, ikoranabuhanga no kurinda abakinnyi. Kimwe mu bikomeje kuvugisha benshi n’igitaramo (halftime show) kizaba ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi ku nshuro ya mbere, mu buryo busa n’ubukoreshwa muri muri NFL….

Soma inkuru yose

BK pro league yatangaje uko igikombe cya Shampiyona y’ u Rwanda 2025/2026 kizatangwa.

Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, BK Pro League, rwatangaje uko ibikombe bya shampiyona ya 2025/2026 bizatangwa, nyuma y’impaka zari zimaze iminsi zivugwa kubera amakipe yo muri Sudani ari gukina muri iyi shampiyona. Mu itangazo ryashyizwe hanze na BK Pro League, yavuze ko ikipe izarangiza iri ku mwanya wa mbere muri rusange izahabwa…

Soma inkuru yose

FC Barcelona yatwaye igikombe habura imikino 5 itsinze Real Madrid.

Ikipe ya FC Barcelona yegukanye igikombe nyuma yo gutsinda Real Madrid ibitego 2-0 kuri iki Cyumweru tariki 10 Gicurasi 2026, mu mukino wabereye muri Espagne kuri sitade ya Barcelona ( Spotify Campoun). Yaragaje imbaraga n’umukino mwiza wayifashije kurusha mukeba wayo wa kera . Ibikesheje imikinire myiza n’ubufatanye bw’abakinnyi bayo. Ikipe ya Barcelona yongeye kwerekana ubushongore…

Soma inkuru yose
gate of wise

Bwa mbere muri Africa umusifuzi agiye gukoresha Camera ihambaye.

Mu mukino ukomeye wa Derby yo muri Morocco uzahuza Wydad Athletic Club na Raja Club Athletic, hitezwe ikoreshwa bwa mbere rya kamera ya “Body Camera” izambarwa n’umusifuzi wo hagati. Ni umukino uzaba kuwa Gatandatu tariki 9 Gicurasi 2026 ukabera kuri sitade Muhammad V saa 7:00 PM zo mu Rwanda bikaba 8:00 PM zo muri Morroco. Ni uburyo bushya bugamije kuzamura…

Soma inkuru yose

PSG igeze k’umukino wa nyuma wa UEFA Champions League yikurikiranya.

Tariki 6 Gicurasi 2026, Bayern Munich yanganyirije iwayo na Paris Saint Germain (PSG) igitego 1-1. Isezererwa ku giteranyo cy’ibitego 7-5. Ni umukino wabereye kuri sitade Allianz Arena. Mu mukino wari utegerejwe na benshi ku mugabane w’u Burayi, Paris Saint-Germain yatsinze Bayern Munich mu mukino waranzwe n’ishyaka, ubuhanga ndetse n’udushya twinshi twagaragaye ku mpande zombi. Ikipe…

Soma inkuru yose

Arsenal k’umukino wa nyuma wa UEFA Champions League nyuma y’imyaka 20.

Mu ijoro rya tariki 5 Gicurasi 2026, Arsenal F.C yatsinze Atlético Madrid igitego 1-0 mu mukino wo kwishyura wa ½ cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo k’umugabane w’Uburayi(UEFAChampionsLeague) mu mukino wabereye mu Bwongereza. Ni Mu gihe umukino ubanza wabereye muri Esipanye wari warangiye ari igitego 1-1. Igice cya mbere cyaranzwe no gusatirana, Arsenal igaragaza imbaraga mu…

Soma inkuru yose