CYIZA Theogene

Professional Writer & Knowledge Enthusiast Creating meaningful content that informs and inspires. 📞 +250 791 972 215 ✉️ cyizatheogene777@gmail.com

Waruzi ko mu ndimu habamo Vitamin C ishobora kugira uruhare mu kurwanya kanseri ?

Abashakashatsi bakomeje gukora ubushakashatsi ku buryo Vitamin C ishobora kugira uruhare mu kuvura cyangwa gufasha mu kuvura kanseri, ariko kandi bakemeza ko iyi vitamine idakwiye gufatwa nk’umuti ushobora gukiza kanseri mu buryo bworoshye. Vitamin C, izwi kandi nka ascorbic acid, ni intungamubiri umubiri ukenera kugira ngo ukore neza. Ifasha mu bikorwa bitandukanye birimo kurinda uturemangingo…

Soma inkuru yose

Polisi y’u Rwanda yihanangirije abitwikira Utubari n’ibindi bitaramo bagakora ibiteye isoni

Polisi y’u Rwanda yongeye kwibutsa abantu ko kwidagadura bitagomba kuba urwitwazo rwo gukora ibikorwa binyuranyije n’indangagaciro z’umuryango Nyarwanda, cyane cyane mu tubari, mu tubyiniro, mu bitaramo no mu bindi bikorwa by’imyidagaduro. Iri tangazo ryatanzwe mu gihe inzego z’umutekano zikomeje gukangurira abaturage kwirinda imyitwarire ishobora guhungabanya umutekano, umuco n’imibanire myiza mu gihe cyo kwidagadura. Abakora imyidagaduro…

Soma inkuru yose

Burya uburyo ababyeyi bashimiramo abana babo bushobora kubagiraho ingaruka!

Ababyeyi benshi bifuza ko abana babo bakura bafite icyizere, ubushobozi bwo kwigirira ikizere ndetse no kumva bakunzwe. Ni yo mpamvu akenshi babashimira iyo bakoze neza, babonye amanota meza ku ishuri, batsinze umukino, bakoze igishushanyo cyiza cyangwa bakoze ikintu gishimisha umuryango. Ariko ubushakashatsi mu by’imitekerereze ya muntu bugaragaza ko atari amashimwe yose agira akamaro kangana. Uburyo…

Soma inkuru yose

U Rwanda rugiye gutangiza urubuga rushya ruzafasha guhanga udushya mu rwego rw’ibiribwa

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko igiye gutangiza uburyo bushya buzahuza inzego zitandukanye hagamijwe guteza imbere udushya mu rwego rw’ubuhinzi n’ibiribwa, mu rwego rwo kongera umusaruro, kugabanya ibihombo no gukomeza urugendo rwo kwihaza mu biribwa. Ibi byatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Solange Uwituze, wavuze ko uru rubuga ruzitwa Rwanda Food Innovation Partnership…

Soma inkuru yose

Amajyepfo: Litiro zirenga ibihumbi 31 z’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge zamenwe

Mu rwego rwo gukaza ingamba zo kurwanya ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego za Leta, yakoze igikorwa cyo kumena ibinyobwa byafatiwe mu bihe bitandukanye mu Ntara y’Amajyepfo. Iki gikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 05 Kanama 2026 kigamije gukumira ikwirakwizwa ry’ibinyobwa bishobora guteza ingaruka zikomeye ku buzima bw’abaturage, no guca…

Soma inkuru yose

Afurika y’Epfo yakuwe ku rutonde rwa Banki y’Isi rw’ibihugu bifite ingamba za AI

Nk’uko iAfrica yabitangaje, Afurika y’Epfo ntiri ku ikarita ya Banki y’Isi (World Bank) igaragaza ibihugu bifite ingamba z’igihugu zigenga ikoreshwa ry’Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI), nyuma y’uko muri Mata 2026 Guverinoma ikuyeho umushinga wayo wa politiki yari yarateguye kubera amakosa akomeye yari yawugaragayemo. Ibi byatangajwe muri raporo ya World Development Report 2026: The Promise…

Soma inkuru yose

Impamvu ubwonko bwibuka cyane abantu baguteye ibibazo kurusha abagukoreye ibyiza

Ese wigeze wibaza impamvu ushobora kwibagirwa vuba umuntu wakugiriye neza, ariko nyamara imyaka myinshi igashira ugitekereza umuntu wigeze kugukorera ikintu kibi cyangwa mukagirana amakimbirane? Ubushakashatsi buheruka bwagaragaje ko atari nk’impanuka gutyo gusa, ahubwo ko ari uburyo busanzwe ubwonko bw’umuntu bukoramo. Nk’uko Psychology Today ibitangaza, ubwonko bw’umuntu bwubaka “ikarita y’imibanire” ihora ivugururwa, igafasha gutandukanya inshuti, abo…

Soma inkuru yose

Senateri Evode Ntiyiyumvisha uburyo inganda zikora inzoga zitujuje ubuziranenge zagiye zibona ibyangombwa

Senateri Evode Uwizeyimana yasabye ko hasobanurwa neza uburyo inganda zikora ibinyobwa bishobora gushyira ubuzima bw’abaturage mu kaga zagiye zibona ibyangombwa byo gukora, agaragaza ko hakenewe ubufatanye bukomeye hagati y’inzego zigenzura ibikorwa by’inganda. Uyu musenateri yabigarutseho ubwo hari ikiganiro cyari kigamije kureba uburyo ibikorwa remezo byashyirwa mu byanya by’inganda, aho yagaragaje ko ikibazo cy’inganda zakoze inzoga…

Soma inkuru yose

Impamvu 10 zikwiye gutuma mu mafunguro yawe hadakwiye kuburamo inyanya!

Inyanya ni kimwe mu biribwa bikoreshwa cyane mu gutegura amafunguro mu Rwanda no hirya no hino ku Isi. Uzisanga mu masosi, salade, isupu n’andi mafunguro menshi, ariko akenshi abantu bazifata nk’ibirungo gusa, ntibamenye ko ari isoko ikomeye y’intungamubiri zifasha umubiri gukora neza. Abahanga mu by’imirire bagaragaza ko inyanya zikungahaye kuri vitamine A, vitamine C, vitamine…

Soma inkuru yose

Rwanda FDA yongeye gufunga inganda 101 zikora ibinyobwa bisindisha, itegeka ko ibinyobwa byazo bikurwa ku isoko

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuziranenge bw’Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyatangaje ko cyafunze izindi nganda 101 zikora ibinyobwa bisindisha ndetse gikuraho impushya zari zarahawe zo gukora ibyo binyobwa, nyuma y’ubugenzuzi bwagaragaje ko bitubahirije amabwiriza agenga ubuziranenge. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa 3 Kanama 2026, Rwanda FDA yavuze ko izi ngamba zigamije kurengera ubuzima n’umutekano by’abaturage,…

Soma inkuru yose

Ifungwa ry’inganda zenga inzoga ryakiriwe rite? Abanyamakuru n’abasesenguzi bagaragaje ibitekerezo bitandukanye

Icyemezo cya Rwanda FDA cyo gufunga inganda zenga inzoga zitujuje ubuziranenge cyakomeje kuvugisha benshi, aho bamwe bagishyigikiye bavuga ko kirengera ubuzima bw’abaturage, mu gihe abandi bagaragaza ko cyagize ingaruka ku bakozi n’ubukungu. Mu kiganiro cyakozwe na Taarifa Rwanda, abanyamakuru, umukozi wa sosiyete sivile n’umwe mu bakozi b’uruganda rwafunzwe bagaragaje uko babibona. Umunyamakuru Alex Ngarambe, ukorera…

Soma inkuru yose

Perezida Tshisekedi yahaye ingabo za Uganda imodoka 10 z’intambara

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, yashyikirije Ingabo za Uganda (UPDF) imodoka nshya 10 zo mu bwoko bwa Toyota Land Cruiser Pickup mu rwego rwo gushimira uruhare zikomeje kugira mu rugamba rwo guhashya umutwe w’iterabwoba wa Allied Democratic Forces (ADF), binyuze mu gikorwa cya gisirikare gihuriweho kizwi nka Operation Shujaa. Izi…

Soma inkuru yose

FDA yafunze inganda 8 zirimo n’urwa Nguvu Gin zengaga inzoga zitujuje ubuziranenge

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuziranenge bw’Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyatangaje ko cyafunze inganda umunani zengaga inzoga ndetse kizambura uburenganzira bwo gukora, nyuma yo gusanga ibikorwa byazo bitujuje ibisabwa mu rwego rwo kurinda ubuzima bw’abaturage. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa 2 Kanama 2026, Rwanda FDA yavuze ko izi nganda zitagifite uburenganzira bwo gukomeza gukora cyangwa gushyira…

Soma inkuru yose

Ese koko ubusirimu bukwiye kubuza umubyeyi konsa umwana we? Sobanukirwa!

Mu gihe isi ikomeje gushora imbaraga mu guteza imbere ubuzima bw’abana, haracyari bamwe mu babyeyi batonsa abana babo uko bikwiye kubera imyumvire itandukanye. Muri yo harimo abumva ko konsa bishobora kwangiza isura nziza y’amabere cyangwa bikabatesha ubwiza, bityo bagahitamo kutonsa cyangwa bakonsa igihe gito cyane. Abahanga mu buzima bavuga ko iyo myumvire idafite ishingiro, kuko…

Soma inkuru yose

Ese wari uzi ko uretse kuba ‘Viagra’ yongera umurego w’igitsina inagabanya ikwirakwira rya Kanseri mu mubiri ?

Mu myaka irenga 25 ishize, Viagra yabaye umwe mu miti izwi cyane ku Isi kubera ubushobozi bwayo bwo gufasha abagabo bafite ikibazo cyo kudahagarara neza kw’igitsina ari byo byitwa (erectile dysfunction) mu rurimi rw’amahanga. Uyu muti ukoreshwa n’abantu babarirwa muri za miliyoni, byaje kuvumburwa ko ushobora kuba wanifashishwa mu kuvura zimwe mu ndwara zifitanye isano…

Soma inkuru yose

U Rwanda rwatangaje gahunda yo guhagarika buhoro buhoro imiyoboro ya 2G na 3G, rugakomereza ku ikoranabuhanga rya 4G na 5G

Guverinoma y’u Rwanda, ibinyujije muri Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo (MINICT), yatangaje ku mugaragaro gahunda yo guhagarika buhoro buhoro ikoreshwa ry’imiyoboro ya telefone ya 2G na 3G, mu rwego rwo kongera umuvuduko, ubwizerwe n’ubushobozi bw’itumanaho rikoresha internet mu gihugu hose. Iyi gahunda yatangajwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa 27 Nyakanga 2026, rivuga ko iri hinduka…

Soma inkuru yose

Rutsiro: Umugabo afunzwe akekwaho kwica umugore bapfuye 2,000 Frw byo kunywera inzoga

Umugabo wo mu Karere ka Rutsiro yatawe muri yombi akekwaho kwica umugore we bari bafitanye abana batatu, nyuma y’amakimbirane bivugwa ko yaturutse ku mafaranga 2,000 Frw yari yasabye umugore ngo ajye kunywera inzoga akayamwima.Ibi byabereye mu ijoro ryo ku wa 26 Nyakanga 2026, mu Mudugudu wa Mucaca, Akagari ka Kageyo, Umurenge wa Mukura, mu Karere…

Soma inkuru yose

AI n’ingaruka zayo ku bushobozi bwo gutekereza no guhanga udushya ku banyeshuri

Mu gihe ubwenge buhangano (AI) bukomeje kwinjira mu nzego zitandukanye z’ubuzima, harimo n’uburezi, impuguke mu gutegura abanyeshuri bajya kwiga muri kaminuza zikomeye ku Isi ziraburira ko gukoresha AI mu kwandika inyandiko y’ubusabe (Personal Statement cyangwa College Essay) bishobora kugabanya amahirwe yo kwakirwa. Ibi bibaye mu gihe impaka ku ikoreshwa rya AI mu burezi zikomeje kwiyongera…

Soma inkuru yose

Ubwenge Buhangano (AI) buradufasha ariko bushobora no kutubeshya

Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI) bukomeje kwinjira mu buzima bwa buri munsi bw’abantu ku buryo bukomeye, aho ubu abantu benshi bayikoresha mu gukora inyandiko, amabaruwa ya email, ubushakashatsi ndetse no gufata ibyemezo bitandukanye mu kazi. Nubwo AI yihutisha imirimo kandi ikongera umusaruro, abahanga bagaragaza ko ishobora gutanga amakuru atari yo cyangwa guhimba ibisubizo bisa…

Soma inkuru yose

Déjà vu ni iki? Dore impamvu ushobora kumva ibintu biri kuba warigeze kubibona

Hari igihe umuntu aba ageze ahantu, akumva amagambo cyangwa akabona ibintu maze akumva ko atari ubwa mbere abibonye, nubwo yaba azi neza ko atigeze ahagera cyangwa ngo ahure n’icyo kibazo mbere. Icyo cyiyumviro kizwi nka dĂ©jĂ  vu, kikaba ari kimwe mu bintu bikomeje gutera amatsiko abahanga mu mitekerereze n’imikorere y’ubwonko. Ubushakashatsi butandukanye bugaragaza ko hafi…

Soma inkuru yose

Mu gihe utwite, Dore ibimenyetso byerekana ko uri hafi kubyara

Gutwita ni urugendo rwihariye rusaba kwitabwaho kuva ku munsi wa mbere kugeza igihe umwana avukiye. Mu byumweru bya nyuma by’inda, umubiri w’umubyeyi utangira gukora impinduka zitandukanye zigaragaza ko igihe cyo kwibaruka cyegereje. Gusa kubera ko ibimenyetso bimwe bisa n’ibisanzwe bibaho mu gihe cyo gutwita, hari ababyeyi benshi, cyane cyane abatwite bwa mbere, bagorwa no kumenya…

Soma inkuru yose

Sobanukirwa akamaro k’ubuki ku buzima n’ibyo ukwiye kwitondera

Ubuki ni kimwe mu biribwa kamere bimaze ibinyejana byinshi bikoreshwa n’abantu mu mafunguro no mu buvuzi gakondo. Mu bice byinshi by’isi, bwakoreshejwe mu gufasha kuvura ibikomere, kugabanya inkorora no kongerera umubiri imbaraga. Nubwo ubuki bufite inyungu zitandukanye zemejwe n’ubushakashatsi, inzobere zishimangira ko butagomba gufatwa nk’umuti usimbura ubuvuzi bwemewe, cyane cyane ku ndwara zikomeye. Inyungu z’ubuki…

Soma inkuru yose

Sobanukirwa umumaro uhambaye wa “Tangawizi” ku buzima bwa muntu

Tangawizi ni kimwe mu bimera bimaze imyaka myinshi bikoreshwa nk’ibirungo ndetse n’umuti gakondo mu bihugu byinshi ku Isi. Gusa kandi uretse kongerera amafunguro uburyohe, ubushakashatsi butandukanye bugaragaza ko ifite intungamubiri n’ibinyabutabire bifasha umubiri guhangana n’indwara zitandukanye. Nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru Umuti Health, tangawizi ikungahaye ku binyabutabire bizwi nka gingerols, bifite ubushobozi bwo kugabanya uburibwe, kurwanya uburozi…

Soma inkuru yose

Dore ibanga utari uzi ryihishe mu kunywa “Kawa” ihagije ku buzima

Ubushakashatsi bushya bugaragaza ko kunywa ikawa mu rugero bishobora kugira uruhare mu kurinda ubuzima bw’umutima no kugabanya ibyago byo kurwara zimwe mu ndwara zidakira. Abahanga bakavuga ko kunywa ibikombe bitanu bya kawa ku munsi bishobora kugabanya ibyago byo kurwara indwara z’umutima zirimo; diyabete yo mu bwoko bwa kabiri ndetse n’indwara z’ubwonko, ariko banaburira ko kunywa…

Soma inkuru yose

COMESA iri gutegura Politiki ya AI ihuriweho n’ibihugu 21 biyigize

Umuryango w’Isoko Rusange ry’Ibihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba n’Amajyepfo (COMESA) watangiye ibiganiro ku rwego rw’ibihugu bigize uyu muryango bigamije gutegura Politiki ihuriweho y’Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI), mu rwego rwo gufasha ibihugu 21 biwugize gukoresha AI mu buryo bumwe kandi bujyanye n’amategeko ahuriweho. Iki gikorwa ni kimwe mu bigize gahunda ya Inclusive Digitalization in…

Soma inkuru yose

Kaminuza ya Wits yamuritse imishinga itanu ihuza AI n’umuziki wa Afurika

Kaminuza ya University of the Witwatersrand (Wits University) yo muri Afurika y’Epfo yamuritse imishinga itanu ikoresha Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI) mu guteza imbere no kubungabunga umuziki wa Afurika, mu gikorwa cyagaragaje ko abanyafurika bashobora kugira uruhare rukomeye mu kugena ejo hazaza h’ikoranabuhanga rikoreshwa mu muziki. Iki gikorwa cyateguwe na Wits Innovation Centre ku…

Soma inkuru yose

Uburyo bukoresha AI bufasha abanyeshuri guhitamo imyuga ibabereye

Nyuma y’uko ubushakashatsi bugaragaje ko ibikoresho byinshi bya AI bitita ku bibazo byihariye abanyeshuri bo muri Afurika bahura na byo umushakashatsi wo muri Afurika y’Epfo, Dr. Nosipho Mavuso, yakoze uburyo bushya bushingiye ku bwenge buhangano (Artificial Intelligence – AI) bugamije gufasha abanyeshuri bo muri za kaminuza zifite ubushobozi buke kubona inama zibafasha guhitamo imyuga n’inzira…

Soma inkuru yose

Inama 5 zafasha abanyeshuri gukoresha internet n’ubwenge buhangano (AI) mu buryo bwizewe

Google isaba abanyeshuri, ababyeyi n’abarimu gukorera hamwe mu guteza imbere umutekano kuri internet Mu gihe ubwenge buhangano (Artificial Intelligence – AI) bugenda burushaho kwinjira mu buzima bwa buri munsi, Google yavuze ko abantu benshi batangiye kubukoresha cyane cyane mu kwiga, aho kubukoresha nk’uburyo bwo kwidagadura gusa. Ibi byagarutsweho mu kwizihiza Safer Internet Day, umunsi ugamije…

Soma inkuru yose

Gisagara: Polisi Yasabye Abaturiye Umupaka w’u Burundi Kwirinda Ibyaha Byambukiranya Imipaka

Polisi y’u Rwanda, ku bufatanye n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Gisagara n’izindi nzego, yakoreye ubukangurambaga abaturage bo mu Murenge wa Mugombwa, ubahuza n’u Burundi, ibasaba kurushaho kwirinda ibyaha byambukiranya imipaka no gukomeza kugira uruhare mu kubungabunga umutekano. Ubu bukangurambaga bwari bugamije kwibutsa abaturage ko umutekano w’igihugu utangirira ku ruhare rwa buri wese, cyane cyane abaturiye imipaka, aho…

Soma inkuru yose

Davido Yatangaje Ko Akoresha Miliyoni Zigera Kuri 400 Frw Buri Kwezi

Umuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Nigeria, David Adeleke, uzwi nka Davido, yatangaje ko ubuzima bwo kuba umwe mu bahanzi bakomeye muri Afurika busaba amafaranga menshi, aho yavuze ko buri kwezi akoresha hagati ya 200.000 na 300.000 by’Amadolari ya Amerika, angana na hafi miliyoni 300 kugeza kuri miliyoni 400 z’Amafaranga y’u Rwanda. Aya makuru yatangajwe n’ikinyamakuru IGIHE….

Soma inkuru yose

Vitiligo: Ibyo Ukwiriye Kumenya Ku Ndwara Y’Amabara Ku Ruhu N’Uko Ivurwa

Vitiligo, izwi kandi nk’indwara y’amabara ku ruhu, ni imwe mu ndwara zifata uruhu zikunze gutera ipfunwe kubera amakuru atari yo akunze kuyivugwaho. Abahanga mu buzima bavuga ko iyi ndwara idaterwa n’umwanda, uburozi cyangwa izindi myizerere ikunze kuvugwa, ahubwo ko ari ikibazo cy’uturemangingo dutanga ibara ry’uruhu. Inzobere mu kuvura indwara z’uruhu mu Bitaro bya Kaminuza bya…

Soma inkuru yose

Muri Mali: Hafunguwe Ikigo Mpuzamahanga cy’Abakora Imigenzo Gakondo

Mu Murwa Mukuru wa Mali, Bamako, hafunguwe ikigo cyiswe Centre de Sorcellerie de Bamako, cyatangajwe nk’ikigo mpuzamahanga kigamije guhuza abantu bavuga ko bafite ubumenyi bwa gakondo burimo ubupfumu n’ibindi bikorwa bifitanye isano n’imigenzo gakondo. Amakuru yatangajwe na televiziyo yo muri Mali agaragaza ko iki kigo cyafunguwe mu nyubako y’igorofa nyinshi, kikazajya cyakira abantu bo mu…

Soma inkuru yose

Rutsiro: Umusaza w’Imyaka 67 Yapfiriye Mu Murimo Wo Kubumba Amatafari

Umusaza witwa Ntawugashira Protais, wari ufite imyaka 67, yapfuye mu buryo butunguranye nyuma yo kugwa hasi ubwo yari arimo kubumba amatafari mu Karere ka Rutsiro. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Rukondo, Akagari ka Kageyo, Umurenge wa Mukura, ku wa 11 Nyakanga 2026, aho nyakwigendera yari ari mu mirimo isanzwe yo kubumba amatafari mbere y’uko agwa…

Soma inkuru yose

Gisagara: Hamenwe Litiro Zirenga 3,000 z’Inzoga Zitujuje Ubuziranenge Zacuruzwaga Nk’Urwagwa

Mu rwego rwo gukaza ingamba zo kurwanya ibiyobyabwenge n’inzoga zitujuje ubuziranenge, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo, ku bufatanye n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage, yamennye litiro zirenga 3,000 z’inzoga z’inkorano zizwi nka “Nyirantare”, zari zafatiwe mu Murenge wa Save, Akarere ka Gisagara. Izi nzoga zari zibitswe mu rugo rw’umuturage wo mu Mudugudu wa Bwinyambo, Akagari…

Soma inkuru yose

RDF Yashimiye Abasirikare Basezerewe ku Murimo, Ishima Uruhare Bagize Mu Kurinda Igihugu

Ingabo z’u Rwanda (RDF) zashimiye ba Ofisiye baherutse kujya mu kiruhuko cy’izabukuru n’abarangije amasezerano y’akazi, zibashimira uruhare bagize mu kubaka no guteza imbere igisirikare cy’u Rwanda no kurinda ubusugire bw’igihugu. Uyu muhango wabereye ku Cyicaro Gikuru cya RDF ku Kimihurura, uyobowe na Minisitiri w’Ingabo, JuvĂ©nal Marizamunda, witabiriwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo, General Mubarakh Muganga, n’abandi bayobozi…

Soma inkuru yose

Icyo urumogi rukora mu bwonko iyo rukoreshejwe kenshi

Abantu benshi bakoresha urumogi buri munsi bavuga ko rutakibatera kumva basinze nk’uko byabagendekeraga mbere. Ahubwo bavuga ko barukoresha kugira ngo bumve “bameze nk’ibisanzwe.” Mu gihe benshi bafataga ibi nk’ikimenyetso cy’uko umubiri wamaze kurumenyera (tolerance), ubushakashatsi bushya bugaragaza ko hari ikindi kiba cyarabaye: ubwonko buba bwaramaze kwihindura kugira ngo bujyane n’ikoreshwa rya buri munsi ry’urumogi. Ibi…

Soma inkuru yose

DRC: Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi Basabye Tshisekedi Guhagarika Gahunda yo Guhindura Itegeko Nshinga

I Kinshasa, Ihuriro C64, rihuza amashyaka n’abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida FĂ©lix Tshisekedi, ryatangaje ko ritazemera kwitabira ibiganiro bya politiki bifite ireme igihe cyose hakomeje gahunda yo guhindura Itegeko Nshinga rya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC). Iri huriro rivuga ko ibiganiro bishobora gutanga umusaruro ari ibigamije gushakira igihugu ibisubizo birambye, aho kwibanda gusa…

Soma inkuru yose

Impamvu Gusubiramo Ikintu Ari Inzira Iganisha ku Ntsinzi

Ubusesenguzi bushingiye ku ngingo zasohowe na Psychology Today Mu buzima bwa buri munsi, abantu benshi bifuza gutsinda vuba. Hari ushaka kwiga ururimi rushya mu mezi make, undi akaba yifuza kuba umuhanga mu muziki, siporo cyangwa ubucuruzi adaciye mu rugendo rurerure rw’imyitozo. Nyamara ubushakashatsi mu mitekerereze ya muntu (psychology) bugaragaza ko hari ihame rimwe ridahinduka: gusubiramo…

Soma inkuru yose

U Rwanda Rwitegura Kwakira Toni Ibihumbi 40 z’Ibikomoka kuri Peteroli

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu mpera za Nyakanga 2026 hateganyijwe kugera ku cyambu cya Tanga muri Tanzania ubwato bwa mbere butwaye toni ibihumbi 40 z’ibikomoka kuri peteroli. Ni intambwe iri muri gahunda nshya igamije koroshya itumizwa ry’ibikomoka kuri peteroli, kugabanya ibiciro no kongera umutekano w’itangwa ryabyo mu gihugu. Gahunda Nshya Yo Gutumiza Peteroli Ibi…

Soma inkuru yose

Nyamagabe: Inzego z’Ubuyobozi n’Umutekano Zasabye Abaturage Gufatanya Mu Kurwanya Ibyaha

Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo bufatanyije n’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Polisi y’u Rwanda n’izindi nzego, bwakanguriye abaturage bo mu Karere ka Nyamagabe kurushaho kugira uruhare mu gukumira ibyaha, kubungabunga ibidukikije no gukomeza gufatanya n’inzego z’umutekano mu rwego rwo kubungabunga amahoro n’iterambere. Ubu bukangurambaga bwari buyobowe na Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Alice Kayitesi, wari kumwe n’abayobozi b’Ingabo na Polisi,…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame Yagizwe Umuyobozi Mukuru wa Komisiyo ya Loni Izayobora Iterambere rya AI Ku Isi

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagizwe Umuyobozi Mukuru wa Komisiyo nshya y’Umuryango w’Abibumbye igamije guteza imbere ikoreshwa ry’ubwenge buhangano (Artificial Intelligence – AI) ku rwego rw’isi, mu rwego rwo gufasha ibihugu byose kungukira muri iri koranabuhanga no kugabanya icyuho kiri hagati y’ibihugu bikize n’ibikiri mu nzira y’amajyambere. Iyi komisiyo yiswe AI for Good…

Soma inkuru yose

Mu Ntara y’Amajyepfo Hatashywe Ibikorwa by’Iterambere Byakozwe n’Ingabo na Polisi Mu Kwizihiza Kwibohora32

Mu rwego rwo gusoza ibikorwa by’Ingabo z’u Rwanda (RDF) na Polisi y’u Rwanda byo gufasha abaturage no kwizihiza ku nshuro ya 32 Umunsi wo Kwibohora, mu Ntara y’Amajyepfo hafunguwe ku mugaragaro ibikorwa bitandukanye by’iterambere byubatswe mu bufatanye n’abaturage. Ibi bikorwa byabereye mu turere dutandukanye tw’Intara y’Amajyepfo, aho abayobozi bakuru mu nzego za Leta, iz’umutekano n’abaturage…

Soma inkuru yose