OMS yashyize hanze imibare igaragaza uko kanseri yica abana benshi mu bihugu bikennye.
Mu rwego rw’inshingano zayo zo gukurikirana uko kanseri y’abana ihagaze ku Isi, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS/WHO) ryakoze ku nshuro ya mbere imibare igaragaza amahirwe yo kurokoka ku bana bafite kanseri. Iyo mibare igereranya ibihugu byose igaragaza ijanisha ry’abana bafite imyaka 0 kugeza kuri 14 n’ingimbi n’abangavu bafite imyaka 15 kugeza kuri 19…
